DailyBox

Ubuyobozi bwa Barcelone bwashyize umucyo ku biri kuvugwa hagati yayo na Neymar

Umuyobozi ushinzwe ibijyanye na siporo mu ikipe ya Barcelona, Anderson Luis de Souza “Deco”, yatanze uruvangitirane rw’ibisubizo ubwo yari abajijwe ku ngano y’amahirwe ikipe ye ifite, mu kongera kwiyunga na Neymar. Neymar w’amacenga menshi, amaze iminsi asubiye gukina iwabo mu gihugu cya Brazil,mu ikipe ya Santos dore ko ari nayo yamuzamuye kubmvs akiri muto, ndetse…

Read More

Rusizi: Yatawe muri yombi ashaka guha ruswa y’ibihumbi 50 Frw umupolisi

Police y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo w’imyaka 43 ubwo yageragezaga gutanga ruswa y’amafaranga 50, 000Frw ngo ahabwe ikemezo cy’ubuziranenge bw’ikinyabiziga cye. Uyu mugabo yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe, ahakorera imashini yimurwa y’Ishami rya Polisi rishinzwe kugenzura ubuziranenge…

Read More

FERWAFA yatanze umucyo ku byo gukoresha VAR ku mukino wa APR FC na Rayon Sports

Komiseri ushinzwe imisifurire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Hakizimana Louis, yahakanye amakuru avuga ko ku mukino wa Shampiyona uzahuza APR FC na Rayon Sports kuri iki Cyumweru hazifashishwa VAR. Amakuru yazindutse muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 06 Werurwe 2025, nuko kuri uyu mukino uzabera muri sidate Amahoro ngo hari…

Read More

Lesotho yatunguwe n’amagambo ya Trump wavuze ko iki gihugu nta muntu wari ukizi ku isi

Leta ya Lesotho yatangaje ko yatunguwe n’amagambo ya Perezida Donald Trump wa Amerika uherutse kuvuga ko iki gihugu kibarizwa mu merekezo ya Afurika y’epfo nta muntu n’umwe ku isi wari ukizi . Iki gihugu gitangaje ibi nyuma y’amagambo ya Donald Trump yatangarije imbere ya kongore y’Amerika ubwo yari atangaza amafaranga y’iki gihugu yagiye ashorwa ahantu…

Read More

Rusizi : Umugabo yatawe muri yombi agerageza guha umupolisi ruswa

Umugabo w’imyaka 45 utuye mu karere ka Rusizi yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho ashaka gutanga ruswa ingana n’amafaranga ibihumbi itanu by’amafaranga y’u Rwanda ku mupolisi kugirango amuhe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka mu buryo bunyuranije n’amategeko . Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga ryatangaje ko ryafatiye uyu mugabo mu cyuho wari…

Read More

Gen (Rtd). Kabarebe yerekanye impamvu u Rwanda rukomeje gufatirwa uruhuri rw’ibihano

Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane ushinzwe ubufatanye n’Akarere ,Gen (Rtd) James Kabarebe yatangaje ko kuba u Rwanda rukomeje gufatirwa ibihano n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi kubera ikibazo cy’umutekano muke muri DRC ahanini bishingiye ku nyungu z’ubukungu bifitemo . Ibi Gen (Rtd) Kabarebe yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abagize inteko inshinga amategeko umutwe w’abadepite…

Read More

Ibihano bikomeje kwiyongera ku Rwanda; Ese Congo ntiyaba yaratsinze u Rwanda mu ntambara ya Diporumasi?

Ubushyamirane mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo burakomej hagati y’umutwe wa M23 na Leta y’iki gihugu, u Rwanda rukomeje gushyirwa mu majwi mu gufasha uyu mutwe. Nk’uko inshabwenge z’Umuryango w’Abibumbye zibigaragaza, u Rwanda rufite ingabo ziri hagati 3,000 na 4,000 ku butaka bwa Congo nubwo igihugu cy’u Rwanda kidahwema kubihakana , kikemeza ko…

Read More

Kaminuza y’u Rwanda yasubiyeho inyuma imyanya 43 ku rutonde rw’akaminuza nziza ku isi

Kaminuza y’u Rwanda iri ku mwanya wa 7,632 , ku rutonde rw’amakaminuza meza ku rwego rw’isi , rukaba urutonde rutegurwa ndetse rukanashyirwa ahagaragara n’urubuga rwitwa ‘EDURANK’. Uru rutonde rwavuguruwe tariki 02 Werurwe 2025, rukaba rushingira ku byavuye mu bushakashatsi , amakuru atangwa n’abiga cyangwa se barangije muri kaminuza zitandukanye ndetse n’ibindi bitajyanye n’ireme ry’uburezi butangwa…

Read More

Umutoza wa Bayern Munich Vincent Kompany yagize icyo avuga ku ntambara iri muri Congo

Umutoza w’ikipe ya Bayern Munich Vincent Kompany yasabye ko abakuwe mu byabo n’intambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko bagarurwa mu byabo ndetse amahoro akagarurwa. Uyu mutoza uri gutoza ikipe ya Bayern Munich kuva uyu mwaka w’imikino watangira, akomoka muri Congo kuko ibisekuru bye bimwe bikomoka mu gace ka Bukavu ndetse kakaba…

Read More

Ubwongereza bwafashe bitanu Canada bitatu ; menya igihano kimwe ku kindi ibi bihugu byafatiye u Rwanda

Ibihugu by’Iburayi bikomeje gufatira ibihano ku bwinshi igihugu cy’u Rwanda, bagishinja gutera inkunga umutwe witwaje intwaro wa M23 ukomeje gutikagurana n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi bihugu kandi bishinja u Rwanda kohereza ingabo z’arwo mu burasirazuba bwa Congo, aho inshabwenge z’Umuryango w’Abibumbye zivuga ko u Rwanda rufite ingabo ku butaka bwa Congo ziri…

Read More