DailyBox

Phillipines: Uwahoze ari Perezida wahigwaga bukware yatawe muri yombi

Igipolisi cya Phillipines cyataye muri yombi Rodrygo Duterte wahoze ari perezida w’iki gihugu nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kubera ibyaha by’intambara n’ibyo gucuruza ibiyobyabwenge yashinjwaga . Duterte yafatiwe ku kibuga k’indege cya Manila aho yari avuye muri Hong Kong , aho ashinjwa ibyaha by’intambara ndetse n’ibyo kugurisha ibiyobyabwenge yakoze mu…

Read More

DRC : Abayobozi bakuru b’ishyaka rya Joseph Kabila bajyanwe mu rukiko

Abayobozi b’ishyaka rya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bahamagajwe n’urukiko rwa gisirikare mu gihe umutekano wifashe mu burasirazuba bw’iki gihugu . Jean Mbuyu usanzwe ari Umunyamategeko ndetse akaba yarahoze ari umujyanama w’ibanze wa joseph Kabila yabwiye ikinyamakuru Reuters ko nawe kugeza ubu atazi impamvu nyirizina aba bayobozi bakuru…

Read More

USA yategetse bamwe mu bakozi bayo kuva muri Sudan Y’epfo

Leta zunze ubumwe z’Amerika yategetse abakozi bayo bakoraga muri serivisi n’mirimo itari iyo gutabara imbabare muri Sudan Y’epfo kuhava kubera icyuka cy’intamabara gikomeje gututumba muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko imirwano ikomeye igiye kongera kubura umurego muri iki gihugu hagati y’impande zihanganye ndetse ko hari n’amakuru…

Read More

DRC yahamagariye isi gukomaniriza amabuye y’agaciro n’ingabo ziturutse mu Rwanda

Minisitiri w’ubucuruzi mpuzamahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasabye amahanga gukomaniriza ibicuruzwa byoherezwa mu muhanga by’u Rwanda ndetse no kwanga ko ingabo z’u Rwanda zongera kujya mu butumwa bwa LONI bwo kubungabunga amahoro hiryo no hino ku isi . Ku munsi wejo ,ubwo Julien Paluku usanzwe ari Minisitiri w’ubucuruzi mpuzamhanga bwa Kongo nibwo yatangaje…

Read More

Dore uko hirya no hino mu Rwanda hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Werurwe 2025, u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore.  Ibirori byo kwizihiza uyu munsi no kuzirikana ibikorwa by’indashyikirwa abagore bakomeje kugeza ku Rwanda biri kubera hirya no hino mu Gihugu ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Umugore ni uw’agaciro’. Ku rwego rw’Igihugu, uyu munsi wizihirijwe mu Murenge wa Hindiro,…

Read More

Central Afrique : Ingabo z’u Rwanda zakoze umuganda

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Werurwe 2025 ,Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique, zazindukiye mu muganda rusange zahuriyemo n’abaturage bo mu Mujyi wa Bangui. Abitabiriye uyu muganda bakoze ibikorwa birimo isuku muri uyu mujyi ndetse banasukura inkengero z’imihanda. Umuyobozi w’agace ka 5ème Arrondissements de…

Read More

Umuriro wongeye kwaka muri CAF ; hategetswe ko Samuel Eto’o yongerwa mu bazahatana ku mwanya w’umuyobozi wa CAF

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wa Africa ndetse no ku Mugabane w’Umurayi, akaba n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Aruhago mu gihugu cya Cameroon Samuel Eto’o yatsinze urubanza yari ahanganyemo na CAF. Mu minsi yashize ubwo yari mu myiteguro yo gutanga kandidature ye ku mwanya wo kuyobora impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa ‘CAF’ nibwo yatangiye kuregwa ibyaha birimo nibya ruswa bifitanye…

Read More

Uko amakipe agomba guhura muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma y’uko Rayon ihacanye umucyo

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye ikipe ya Gorilla FC mu gikombe cy’Amahoro cya 2025, nyuma yo kuyitsinda igitego kimwe ku busa(1-0) , iyisezerera ku giteranyo cy’ibitego bitatu kuri bibiri(3-2). Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi ititwara neza dore ko no mu mukino uheruka wa Shampiyona yaguye miswi n’ikipe ya Gosogi United ubusa ku busa(0-0),…

Read More

Togo : Perezida Gnassingbe yashyizeho abasenateri bakomeje guteza uruntu runtu muri rubanda

Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Perezida wa Togo ,Faure Gnassingbe Essozimna yashyizeho abasenateri basaga 20 barimo abagabo 10 n’abagore 10 ashingiye kuri zimwe mu ngingo zo mu itegeko nshinga ryahinduwe mu buryo butavugwaho rumwe muri rubanda . Aya mavugarura akozwe na Perezida Gnassingbe abaye nyuma y’amatora aherutse kuba muri iki…

Read More