DailyBox

Ramadhan Niyibizi adaciye ku ruhande yasubije Muhire Kevin wamwise igihombo ndetse n’umusimbura muri APR FC

Umukinnyi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC Ramadhan Niyibizi yavuze ko we ari umukinnyi mwiza anaboneharaho kwemeza ko Muhire Kevin ahubwo ari umukinnyi usanzwe. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV10 Rwanda uyu musore yasubije ku byo kapiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin aherutse kumuvugaho ko “Ari umukinnyi usanzwe ndetse utanabanza mu kibuga” akaba ngo rero atari mu…

Read More

Kujya kwiga mu bihugu birenga 13 hirya no hino ku isi birashoboka ukoranye n’inzobere

Kuri ubu uburezi nimwe mu nkingi y’iterambe ku bihugu bikomeye ndetse ibihugu byateye imbere byagiye bitera imbere kubera ahanini uburezi bufite ireme mu ngeri zitandukanye nk’ikoranabuhanga, ubuvuzi , inganda n’ibindi. Kampani yitwa Global Linked Education Services (GLES ), niyo kampani yizewe hano mu Rwanda yagufasha cyangwa igafasha uwawe kujya gukomereza amasomo ye hanze y’u Rwanda…

Read More

UCL : Mo Salah na Alexander Arnold bafatanye mu ijosi mbere yuko bahura na PSG

Mohamed Salah na Trent Alexander Arnord ba Liverpool bagaragaye ku mashusho ya kamera yafashwe n’umunyamakuru w’ikinyamakuru Daily Express barimo barwana ubwo bari mu myitozo ya nyuma yagombaga kubanziriza umukino wo kwishyura wa kimwe cy’umunani cya UEFA Champions League ugomba kubahuza n’ikipe ya Paris Saint Germain . Muri aya mashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza…

Read More

Kabgayi : Abaganga bakomeje kuba ab’ibura mu mpera z’icyumweru

Abashakira serivisi z’ubuzima ku bitaro bya Kabgayi biherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baratangaza ko muri ibi bitaro hari ikibazo cy’ubuke bw’abaganga byumwihariko mu minsi y’impera z’icyumweru . Bamwe mu barwayi barembeye mu bitaro bya Kabgayi bavuga ko mu minsi isoza icyumweru bahura n’imbogamizi y’abaganga badahagije ku buryo rimwe na rimwe hari igihe…

Read More

Ntibemera guterwa amaraso kwa muganga; ibintu 10 bitangaje utari uzi ku idini ry’Abahamya ba Yehova

ICYITONDERWA: Iyi nkuru ntigamije kuvana abantu mu myemerere yabo cyangwa se kwibasira imyemerere runaka, ahubwo ni ukungurana ubumenyi ku bintu binyuranye! Ivuka ry’idini ry’Abahamya ba Yeho ryatangiye mu kinyejana cya 19 muri Leza Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , ritangizwa n’istinda rito ry’Abigishwa ba Bibiliya babaga hafi y’umugi wa Pittsburgh, muri leta ya Pennsylvania bakaba bari bayobowe…

Read More

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba yavuze impamvu itangaje atajya mu rusengero

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba yavuze ko impamvu atajya mu rusengero gusenga ari uko haba abakobwa beza ku buryo bashobora kumugusha. Muhoozi Kainerugaba akaba numwana wa perezida w’igihugu cya Uganda Yoweri Kaguta Museveni Tibuhaburwa akunda kugaragara cyane ku rukuta rwa X atebya cyane mu ngingo zitandukanye ndetse no kubijyanye nuko abona politike…

Read More

Menya byinshi ku mikorere y’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi

Inkongi z’umuriro ziri mu biza bikunze kwibasira abantu kenshi, imitungo yabo ikahatikirira, zikavutsa benshi ubuzima abandi zikabasigira ubumuga bwa burundu. Mu rwego rwo guhangana nazo ndetse n’ingaruka zazo, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), benshi usanga badasobanukiwe imikorere yaryo, aribyo tugiye kugarukaho, kugira ngo mumenye amavu n’amavuko n’imikorere…

Read More

DRC : Tshisekedi n’intumwa yihariye ya LONI baganiriye ku ngingo zirimo gutsinsura M23 burundu

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Huang Xia usanzwe ari intumwa yihariye y’umunyamabaga mukuru w’umuryango w’abibumbye mu gace k’ibiyaga bigari byibanze ku ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro 2773 w’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe amahoro ku isi . Iyi nama yabaye ku munsi wejo tariki ya 10 Werurwe 2025 ikabera i Kinshasa…

Read More

Leta yahagurukiye guca akavuyo mu madini n’amatorero nyuma yo gushyiraho amabwiriza azashobora umugabo agasiba undi

Urwego rw’imiyoborere mu Rwanda rufite n’inshingano zo kureberere amadini n’amatorero ndetse n’indi miryango ishingiye ku myemerere yasohoye amabwiriza mashya agomba kubahirizwa nyuma yakajagari kagiye kagaragara muri iki gisata cy’imyemerere , amadini ndetse n’amatorero. 1.Umuryango usaba ubuzima gatozi muri RGB werekana icyemezo gitangwa n’Akarere cyangwa Umujyi wa Kigali kigaragaza ko inyubako yagenewe ibikorwa byo gusenga yujuje…

Read More