DailyBox

Nyuma yo kwifata mapfubyi kubera kwangwa kwa penaliti ya Julián Alvarez ‘UEFA’ igiye gukora impinduka z’ikubagaho

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku mugabane w’Iburayi ‘UEFA’, ryemeje ko rigiye gukora amavugurura mu mategeko agenga iterwa rya penaliti nyuma y’uko iya Julián Alvarez yanzwe ku mukino ikipe ye yakinagamo na Real Madrid muri Champions League. Mu busanzwe itegeko rivuga ko mu gihe amakipe ajyeze muri penaliti umukinnyi akayitera ariko umupira akawukoraho inshuro zirenze imwe yaba abishaka…

Read More

Joackiam Ojera wakiniye Rayon Sports yavuze ibintu akumbura muri iyi kipe

Umukinnyi w’Umunya-Uganda wakiniye ikipe ya Rayon Sports Joackiam Ojera yavuze ko akumbura abafana b’iyi kipe no kuntu bamuhundagazagaho amafaranga akiri muri iyi kipe. Uyu musore uri gukinira ikipe ya El Mokawloon yo mu gihugu cya Misiri igihe yaganiraga n’umunyamakuru akaba na Content Creator mu mupira w’Amaguru w’Umunya-Uganda atangaza ayamagambo yuzuyemo gukumbura Rayon Sports. Yavuze ko akumbura…

Read More

Muhanga : Umwanda wo mu bwiherero bw’ishuri wasenye amazu y’abaturage

Abaturage bo mu karere ka Muhanga barataka ikibazo cy’imyanda yaturutse mu mwobo w’imisarane y’ishuri ryisumbuye rya Gahogo Adventist Academy riherereye mu murenge wa Nyamabuye wo muri aka karere yasandaye kubera imvura nyinshi hanyuma igasenya amazu n’ ibiraro bibiri by’amatungo magufi . Iyi myobo y’imisarane [ Fosse Septique ] yo muri iri shuri riherereye mu kagari…

Read More

USA yatanze icyizere cyo guharika intambara y’Uburusiya na Ukraine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald J Trump yatangaje ko hari intumwa z’iki gihugu zigiye kwerekeza mu gihugu cy’Uburusiya kugirango baganire ku ngingo yo kubahiriza agahenge k’intambara muri Ukraine . Aya makuru agiye ahagaragara nyuma y’iminsi mike inama yari yahamagajwe n’Amerika igahuriza hamwe impande zombi ziri mu ntambara muri Arabia Sawudite mu mujyi wa…

Read More

USA yaciye amarenga ku bufatanye na DRC bw’amabuye y’agaciro no kurwanya M23

Abadipolomate ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bemeje ko hari ibiganiro biri kuba hagati ya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’Amerika ku bijyanye no kugurana amabuye y’agaciro ubufasha mu by’umutekano bijyana no gutsinsura M23 mu birindiro byayo . Aba badipolomate bemereye ibinyamakuru Financial Times na Reuters ko hari ubushake bw’ibiganiro bigamije kumvikana ku kuba…

Read More

Taddeo Lwanga yiniguye avuga derby ikomeye hagati y’iya Rayon Sports VS APR FC na Simba SC VS Young Africans

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Uganda Taddeo Lwanga akaba akinira ikipe y’Ingazo z’Igihugu z’u Rwanda ‘APR FC’ yatangaje ko nubwo umukino wa Rayon Sports na APR FC aba ari umukino ukomeye gusa hakiri urugendo kugirango ugere ku rwego rwa Kariakoo Derby. Muri iyi minsi umukino uhuza Rayon Sports na APR FC ukomeje kwitabirwa n’abanyamakuru bakomeye…

Read More