Nyuma yo kwifata mapfubyi kubera kwangwa kwa penaliti ya Julián Alvarez ‘UEFA’ igiye gukora impinduka z’ikubagaho
Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku mugabane w’Iburayi ‘UEFA’, ryemeje ko rigiye gukora amavugurura mu mategeko agenga iterwa rya penaliti nyuma y’uko iya Julián Alvarez yanzwe ku mukino ikipe ye yakinagamo na Real Madrid muri Champions League. Mu busanzwe itegeko rivuga ko mu gihe amakipe ajyeze muri penaliti umukinnyi akayitera ariko umupira akawukoraho inshuro zirenze imwe yaba abishaka…