DailyBox

Ni ayahe makipe amaze gusezererwa mu mikino ya CHAN 2024

Mu bihugu bitatu Uganda Kenya na Tanzaniya hakomeje kubera imikino y’ikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Ni imikino iri kugana ku musozo yayo ku cyiciro cy’amatsinda hinjirwa mu cyiciro cya kimwe cya Kane kirangiza. Kuri ubu hasigaye imikino ine kugira ngo imikino y’amatsinda ishyirweho akadomo. Algeria VS Niger: 18/08/2025 –…

Read More

Rayon Sports yongeye gusabwa na FIFA kwishyura uwo yirukanye

Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi yamaze kwandikira ikipe ya Rayon Sports iyisaba kwishyura amafaranga bafitiye Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka “Robertinho.” Ni ibaruwa Rayon Sports yakiriye tariki 12 Kanama 2025, bivuze ko hashize iminsi itandatu iyifite ndetse na Robertinho nawe amenyeshejwe ko ikipe yareze yakiriye iyo baruwa. Rayon Sports igomba kwishyura Robertinho…

Read More

Ikipe yo muri Libya yongereye amasezerano umukinnyi w’Umunyarwanda

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) , Manzi Thierry yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Al Ahli SC (Tripoli). Uyu musore w’imyaka 29 y’amavuko yari aherutse gutwara igikombe cya shampiyona hamwe n’iyi kipe nyuma yo gutsinda Al Hilal SC Benghazi ibitego bibiri ku busa(2-0) harimo n’igitego cya Manzi. Manzi yahisemo gukomezanya n’iyi…

Read More

Uwari umukinnyi wa Manchester United arataka ubujura!

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Demetri Mitchell, yasabye ubufasha nyuma y’uko imodoka ye nshya ya BMW yuzuye ibintu by’agaciro yibwe mu ijoro ubwo yimuriraga ibintu bye mu rugo rushya. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 yari avuye i Manchester ajyana ibintu bye i Essex nyuma yo kwerekeza muri Leyton Orient mu isomo ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ry’iyi…

Read More

Pakistan : imvura idasanzwe yateye umwuzure  wahitanye imbaga

Imvura idasanzwe yatewe n’imiyaga yo mu bwoko bwa Monsoon yibasiye igihugu cya Pakistan n’agace ka Kashmir kagenzurwa na Pakistan , yatumye habaho inkangu n’imyuzure yahitanye ubuzima bw’abantu bagera kuri 307 nk’uko byemejwe n’inzego z’ubutabazi. Intara ya Khyber Pakhtunkhwa iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Pakistan ni yo yibasiwe cyane, aho ariyo kugeza ubu ifite umubare munini…

Read More

Nyuma y’amagambo ye, Gary Neville ntiyemerewe kwinjira kuri sitade

Umusesenguzi w’ikinyamaku sky Sports, Gary Neville, kuri ubu ntiyemerewe kugera kuri City Ground ku kibuga cya Nottingham Forest nyuma y’uko umwaka ushize w’imikino 2025-2026, yibasiye nyiri iyi kipe Evangelos Marinakis. Gary Neville, ku mukino wa Nottingham Forest na Leicester City F.C yibasiye Evangelos Marinakis ndetse aranamunenga cyane kubera kujya mu kibuga akanasatira umutoza w’ikipe Nuno…

Read More

Inama ya Trump na Putin isa nkaho nta cyayivuyemo bijyanye n’icyo Ukraine yifuzaga !

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, basoje inama yabo i Alaska batageze ku bwumvikane ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine, nubwo bombi bavuze ko hari “intambwe yatewe” mu biganiro byabo byamaze amasaha hafi atatu. Ni bwo bwa mbere Putin yinjira ku butaka bw’igihugu cyo mu burengerazuba…

Read More

Ubushinwa bugiye kwakira imikino mpuzamahanga y’amarobo

UBushinwa bwatangije imikino mpuzamahanga ya mbere y’amarobo “World Humanoid Robot Games” izamara iminsi itatu, igamije kwerekana aho bugeze mu ikoranabuhanga rishingiye ku bwenge buhangano (Artificial Intelligence). Iri rushanwa rihuriyemo amakipe 280 aturutse mu bihugu 16. Amarobo azahatana muri irushanwa azaba ari mu bisata bitandukanye birimo imikino ngororamubiri , gusiganwa ku maguru, Tenis yo ku meza,…

Read More

TRANSFERS : Donnarumma mu muryango werekeza muri Man City

Mu gihe isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rigenda rirushaho gufata indi sura, amakuru aturuka mu Bufaransa no mu Bwongereza aravuga ko Manchester City yamaze kugirana ibiganiro n’uhagarariye inyungu za Gianluigi Donnarumma, Enzo Raiola byo bigamije kumusinyisha. Donnarumma, umuzamu w’imyaka 26 akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani, yamaze kurekurwa na Paris Saint-Germain nyuma yo kwamburwa umwanya ubanzamo…

Read More