DailyBox

Kenya yahagarikiwe kongera kwinjiza ibicuruzwa byayo muri Sudan

Igihugu cya Sudan cyatangaje ko cyahagaritse ibicuruzwa byinjiraga muri iki gihugu biturutse mu gihugu cya Kenya kubera guha ubuhungiro bamwe mu barwanyi b’umutwe wa Rapid Support forces [ RSF ] bakurikiranyweho ibyaha birimo ibyibasiye inyekomuntu n’ubutabera bwa Khartoum . Ku munsi wo ku wa gatanu nibwo Minisiteri y’ubucuruzi n’amasoko mpuzamahanga ya Sudan yahagaritse ibicuruzwa byose…

Read More

RIB yataye muri yombi umwarimu wishe umugabo w’imyaka 47 amwibeshyemo umujura

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rwatangaje ko rwataye muri yombi umwarimu witwa Muhayimana Vincent utuye mu karere ka Nyamasheke ukurikiranyweho icyaha cyo kugubita kugeza yishe umugabo avuga ko yari yitiranije n’umujura . Vincent Muhayimana wari umurezi ku rwunge rw’amashuri rwa Bushenge ruherereye mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Uburengerazuba afungiye…

Read More

U Rwanda n’ u Burundi byatangiye ibiganiro bigamije amahoro

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb . Nduhungirehe Olivier yemeje ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’u Rwanda n’u Burundi bigamije kongera kubyutsa ubuhahirane ndetse no kuvanaho urwicyekwe mu bya politiki ahanini rwatewe n’ibibazo by’amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Kongo . Ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku mugoroba wo ku munsi wejo tariki ya 14 Werurwe…

Read More

Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bambitswe imidali y’ishimwe

Abapolisi b’u Rwanda 181 bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Werurwe 2025, bambitswe imidali yo kubashimira ubwitange n’umurava bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu kazi ko kubungabunga amahoro muri icyo gihugu. Abambitswe imidali kuri uyu munsi ni abapolisi 180 bagize itsinda RWAFPU2-9 n’undi mupolisi umwe…

Read More

Perezida Kagame yahaye Col Stanislas Gashugi inshingano nshya

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi, ahabwa ipeti rya Brig Gen, anagirwa Umuyobozi w’Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda (Special Operations Force). Mu itangazo ryashizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Werurwe 2025 n’ubuyobozi bwa RDF , Perezida Kagame yatangaje impinduka zuko Col Stanislas Gashugi yazamuwe…

Read More

Minisitiri Dr Utumatwishima yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kumenya amateka y’u Rwanda kuko yuje iby’ingenzi byose byaruyobora ku kwanga ikibi n’amacakubiri, ahubwo bakarushaho gukunda Igihugu no kugikorera. Ibi yabitangarije mu ihuriro ryahuje abarenga 800 baturutse mu Turere twa Karongi, Rubavu, Rusizi, Ngororero, Nyamasheke na Rutsiro, bahuriye mu biganiro bizwi nka ‘Rubyiruko…

Read More

Kigali : Abashoferi b’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange barasabwa kwirinda ibiteza impanuka

Abashoferi batwara imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange , bibukijwe inshingano n’uruhare rwabo mu kwirinda no gukumira impanuka zo mu muhanda. Ni mu bukangurambaga bw’Umutekano wo mu muhanda buzwi ku izina rya “Gerayo Amahoro” bwabereye mu kigo abagenzi bategeramo imodoka (Gare) ya Nyabugogo, mu Karere ka Nyarugenge mu rwego rwo kubashishikariza gukumira impanuka zihitana…

Read More