DailyBox

Leta zunze ubumwe z\’Amerika zemereye Ukraine gukoresha ibisasu yahawe n\’Uburengerazuba bw\’isi mu ntambara yayo n\’Uburusiya

Nyuma y\’ibihugu bitandukanye birimo Ubwongereza,Ubufaransa n\’ubudage bigaragaje ubushake bw\’uko Ukraine yakoresha intwaro yahawe na Amerika mu ntambara, Leta zunze ubumwe z\’Amerika nazo zemeye uwo murongo. Ni ubusabe peresida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yari amaze igihe ategereje ko ibihugu bitera inkunga mu ntambara igihugu cye kirwanamo n\’Uburusiya byemera. Mu mbwirwaruhame n\’ibiganiro n\’abanyamakuru, Perezida w\’Ubufaransa Emmanuel Macron…

Read More

Ubwongereza: Inteko nshingamategeko ya sheshwe hitegurwa gutora indi

Ni amatora y’abagize inteko nshingamategeko mu gihugu cy’Ubwongereza ateganijwe muri Nyakanga 2024. Aya matora nayo yitezwemo impinduka nyinshi Cyane ko ishyaka risanzwe rifite ubwiganze mu nteko ariryo ry’abadashaka impinduka ( Conservative party) ridahabwa amahirwe menshi nk’uko byari bisanzwe. Ibi bije nyuma y’ikusanyamakuru riherutse gukorwa ryerekanye ko ishyaka ry’abakozi ariryo rihabwa amahirwe Ari hejuru ya 40%….

Read More