Leta zunze ubumwe z\’Amerika zemereye Ukraine gukoresha ibisasu yahawe n\’Uburengerazuba bw\’isi mu ntambara yayo n\’Uburusiya
Nyuma y\’ibihugu bitandukanye birimo Ubwongereza,Ubufaransa n\’ubudage bigaragaje ubushake bw\’uko Ukraine yakoresha intwaro yahawe na Amerika mu ntambara, Leta zunze ubumwe z\’Amerika nazo zemeye uwo murongo. Ni ubusabe peresida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yari amaze igihe ategereje ko ibihugu bitera inkunga mu ntambara igihugu cye kirwanamo n\’Uburusiya byemera. Mu mbwirwaruhame n\’ibiganiro n\’abanyamakuru, Perezida w\’Ubufaransa Emmanuel Macron…