DailyBox

DRC: FARDC yagabye ibitero bikomeye ku Banyamulenge batuye mu Minembwe

Umunyamategeko wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Moise Nyarugabo yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tumwe mu duce two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo dutuyemo Abanyamulenge twongeye kugabwaho ibitero bikomeye n’ingaba za FARDC zifatanije n’umutwe wa Wazalendo . Abinyujije ku rukuta rwe rwa X , uyu munyamategeko usanzwe ufatwa nk’impirimbanyi y’uburenganzira…

Read More

Umugore wa Perezida Habyarimana agiye kongera kugarurwa mu nkiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe 2025 , Urugereko rw’urukiko rw’ubujurire ruherereye mu Bufaransa rugiye kongera gusuzuma dosiye iregwamo Agathe Kanziga Habyarimana wahoze ari umufasha wa Juvenal Habyarimana wayoboye u Rwanda ku byaha birimo ibyo gucura umugambi wa Jenoside yakorewe abatutsi . Agathe Kanziga wari warashyingiranwe na Perezida Habyarimana Juvenal wategetse u Rwanda…

Read More

Perezida Ndayishimiye yemeje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye kurusha iz’u Burundi

Perezida w’u Burundi , Ndayishimiye Evariste yatangaje ko ingabo z’u Rwanda zidakomeye ku rwego nk’ingabo z’u Burundi anongera gushimangira ko u Rwanda arirwo nyirabayazana w’ibibazo by’umutekano muke umaze igihe ututumba muri aka karere . Ubwo yari yitabiriye amasengesho y’itorero ryitwa Eglise Vision de jesus – Christ mu cyumweru gishize perezida Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kuvuga…

Read More

UBubiligi bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda bakoreraga i Buruseli

Ububiligi bwatangaje ko bwamaganye icyemezo cyafashwe na leta y’u Rwanda cyo guhagarika umubano bari bafitanye ndetse bunemeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda bakoreragayo . Nkuko yabicishije ku rukuta rwe rwa X , Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi bwana Maxime Prevot yavuze ko igihugu cye cyizakomeza kwimika inzira y’ibiganiro ndetse ko icyemezo cy’u Rwanda cyerekena…

Read More

RIB yatanze umuburo ku bantu bakora ubucuruzi bw’amafaranga butemewe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda kwirinda ubutekamutwe bwa nshore-nunguke bukorerwa kuri murandasi harimo n’abitwa Deere Equipment n’ibindi bigo bikora nkacyo. Ubu butekamutwe bukorwa n’abantu bakangurira abandi kubwinjiramo umaze kwiyandikisha ku rubuga (www.e-deere.vip/register?pId=JKE93N) no gushoramo amafaranga ubinyujije kuri nimero uhabwa, hanyuma ukerekwa inyungu ubona bitewe n’ayo ushoye. Amakuru ahari nuko aba abiyita abashoramari bagenzura uru rubuga…

Read More

Rusizi : Umugore w’imyaka 37 amerewe nabi nyuma yo kurumwa n’ingurube

Umugore witwa Ngendakumana Marie utuye mu murenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi arasaba ubufasha kubera ko aherutse kurumwa n’ingurube y’uwitwa Celestin Nsengimana ikamukomeretsa cyane ubwo bahuraga ayivanye kuyibangurira . Ngendakumana Marie w’imyaka isaga 37 utuye mu mudugudu wa Banamba , akagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi arasaba leta…

Read More

Perezida Kagame yerekanye impamvu interahamwe zicyidegembya !

Perezida Kagame yavuze ko abishe abantu muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bafite ababashyigikiye, babateye inkunga muri uwo mugambi mubisha kandi n’ubu ariko bikimeze.  Perezida wa Repubulika yabitangaje kuri iki cyumweru  tariki ya 16 Werurwe 2025 ubwo yahuraga n’abaturage barenga 8000 Ni muri gahunda yiswe Kwegera Abaturage ibaye ku nshuro ya mbere kuva hatangizwa gahunda ya NST2. Aho…

Read More

Abarimo Ish Kevin bihanangirije abakomeje gufatira u Rwanda ibihano

Umuraperi Ish Kevin afatanije n’abarimo Kid From Kigali , Bulldog , Kivumbi King na B- Threy bamaze gushyira hanze indirimbo yitwa Rwanda igaruka ahanini ku kwihanangiriza ibihugu bikomeye byo mu burengerazuba bw’isi bikomeje gukangisha imbaraga zabyo ku Rwanda kugirango rwitware mu buryo bashaka . Iyi ndirimbo imaze gushyirwa ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 16…

Read More