DailyBox

Bugesera :Polisi yakanguriye abakoresha umuhanda gukomeza kwirinda ibiteza impanuka

Ku munsi wejo ku wa Mbere tariki ya 24 Werurwe , Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abanyonzi n’abamotari gushyira imbere ubuzima bwabo n’ubw’abandi basangiye gukoresha umuhanda. Ni mu bukangurambaga, mu muhanda mushya wa kaburimbo uhuza uturere twa Bugesera na Nyanza. Aba bakoresha umuhanda bigishijwe imikoreshereze y’umuhanda inoze, basabwa kubahiriza ibyapa biwugize mu rwego rwo kwirinda…

Read More

Abarimo Uhuru Kenyatta  bongewe mu bagomba kuyobora inzira y’amahoro ya SADC-EAC

Inama ihuriweho n’abakuru b’ibihugu na guverinoma y’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC) imaze kwagura urutonde rw’abagamba kuyobora ibi biganiro ibavana  kuri 3 ibageza kuri 5 mu rwego rwo gushakira umuti uhamye ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ibi byahamijwe na perezida wa Kenya na EAC…

Read More

Qatar yashimiye DRC n’u Rwanda ku ntambwe imaze guterwa mu gukemura ikibazo cy’ umutekano muke

Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye amagambo yavuzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’u Rwanda ndetse n’umuhate w’impande zombi mu guhosha ikibazo cy’umutekano muke ubarizwa mu burasirazuba bwa Kongo. Aya magambo Qatar  iyatangaje nyuma yuko umutwe w’inyeshyamba za M23 watangaje ko wavuye mu gace ka Walikale, ndetse ibi binerekana intambwe ikomeye iganisha ku…

Read More

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kongera guhurira mu yindi nama mpuzamahanga

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 24 Werurwe, hateganijwe indi nama  ihuriweho y’abakuru b’ibihugu b’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC), kugira ngo bakemure ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Iyi nama iriza kuba hifashishijwe iyakure, nk’uko ubunyamabanga bwa SADC bwabitangarije abanyamakuru  ku munsi wejo,ikazayoborwa na…

Read More

Kayonza: Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibiro 30

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yatangaje ko yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibiro 30,  rwafatanywe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko. Uyu mugabo ayfashwe aruhetse kuri moto yo mu bwoko bwa TVS, ifite nimero RG 852 V, mu murenge wa Kabare, akagari ka Rubumba mu mudugudu wa Gakenyeri, ahagana saa…

Read More

Gicumbi : Ubushinjacyaha bwaregeye ifunga n’ifungurwa ry’umugore ukurikiranyweho kwica umwana we

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, bwatangaje ko bwaregeye Urukiko rw’ Ibanze rwa Byumba ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, Umukobwa wari utuye mu Karere ka Gicumbi akaza gufungwa ubwo yari ukurikiranyweho icyaha cyo kwica Umwana yibyariye amuteye icyuma.  Kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 werurwe 2025 nibwo Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi,  bwaregeye Urukiko…

Read More

UN yasabye M23 gusubiza DRC uduce twa Goma , Walikare na Bukavu yafashe

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi katangaje ko kamaganye ibitero bya M23 mu duce two mu ntara za Kivu y’Amajyarugu n’amajyepfo bikomeje kubangamira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge k’imirwano gahuriweho ndetse kanasaba uyu mutwe gusubiza leta Kongo ibice bya Goma , Walikare na Bukavu wamaze kwigarurira . Mu itangazo ry’ibyavuye mu nama rigenewe abanyamakuru…

Read More

Ngoma : Abana babana n’ababyeyi muri gereza bahawe impano na NCDA

Abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero ry’abagore rya Ngoma basuwe n’ Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) Madame Ingabire Assoumpta maze abaha impano zitandukanye. Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day). Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha…

Read More

Stephen Constantine wahoze atoza Amavubi yaburiye Nigeria

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pakistan, Stephen Constantine yaburiye Kagoma za Nigeria kutirara imbere y’Amavubi y’u Rwanda mu mukino urabahuza kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Werurwe 2025. Stephene avuga ko ubudahangarwa bw’Amavubi, budashingiye ku ngano cyangwa umubare w’abaturage b’u Rwanda, ahubwo bushingira ku mpano n’imyiteguro myiza, imenyerewe k’u Rwanda. Stephen Constantine umutoza w’ikipe y’igihugu ya…

Read More