DailyBox

Perezida wa Koreya yepfo yahiritswe ku butegetsi

Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwo muri koreya rwafashe umwanzuro wo gukura ku butegetsi Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo gushyiraho itegeko riha igisirikare ububasha bwo kuyobara Igihugu. Urukiko rwategetse ko Yoon ahita ava muri perezidansi ndetse hagatangira no gushakwa uzahita amusimbura kuri uyu mwanya wo kuba umukuru w’igihugu mugihe cy’amezi ane nyuma yo kuva kubutegetsi….

Read More

DRC yemeranije na USA kugurana amabuye y’agaciro yayo nayo ikayitsinsurira burundu M23

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no gucukura amabuye y’agaciro aboneka muri kiriya gihugu nabo bakabafasha kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri kiriya gihugu . Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi muri DRC , Umujyanama mukuru mu bibazo…

Read More

Amerika igiye gufatanya na Tshisekedi bakemure ikibazo cy’umutekano muke muri DR.Congo

Umujyanama wa mbere wa Perezida Donald Trump mu bibazo by’umugabane w’Afurika yatangaje ko Leta zunze Ubumwe z’Amerika zirajwe ishinga no gushyira iherezo ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ubwo yari i Kinshasa ku munsi wejo tariki ya 3 Mata , Massad Boulos usanzwe ari umujyanama mukuru…

Read More

EAC forces met in Rwanda for a three-day meeting

on Monday, 1 April , the East African Community (EAC) military forces met in Rwanda for a three-day summit focusing on areas including security, health, and disaster prevention. This Summit aimed to discuss cooperation between regional countries and Rwanda, sharing information on security, increasing cooperation within the organization, and finding solutions to regional issues in…

Read More

Mutesi Scovia yasabye Leta gushyiraho abajyanama b’ubuzima bakiri bato mu rwego kugabanya SIDA

kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Mata 2025 , Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye Leta ko yajya ishyiraho ba mujyanama bakiri bato kugirango urubyiruko rubisangemo rubake udukingirizo. Ubwo yari ari kuganiro n’abaturage bo mu Karere ka Kamongo, Umunyamakuru Mutesi Scovia, yasabye Leta ko yajya ishyiraho urubyiruko rw’abajyanama b’ubuzima kugirango bagenzi barwo babashe kubisangamo Mutesi yavuze…

Read More

Rwanda Music Billboard :TOMBE ya Element yaruyoboye naho Kavu Music , Olimah , Anne Marie na Ariel Wayz baca uduhigo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya mbere Mata 2025 , ishami ry’imyidagaduro ry’ikinyamakuru Daily Box ryashyize hanze urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe mu Rwanda rw’ukwezi kwa Mata , Reka turebere hamwe iby’ingenzi wamenya kuri uru rutonde rwamaze gushyirwa ahagaragara . Uru rutonde rw’indirimbo ijana ruzwi nka ‘RWANDA MUSIC BILLBOARD HOT 100+’ ruyobowe n’indirimbo yitwa TOMBE…

Read More

Kigali : Hatangajwe ibyakozwe mu kuzamura musaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ibyakozwe na Guverinoma kugira ngo umusaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi wiyongere muri NST1. Ngirente yemeje ko umusaruro w’inganda zikora imyenda n’ibikomoka ku mpu wikubye inshuro eshanu mu myaka irindwi ishize. Aho wavuye kuri miliyari 34Frw mu 2017, ubwo hatangiraga NST1, ugera kuri miliyari 154Frw mu mwaka ushize…

Read More

Nasekejwe n’umuyobozi wa Kongo wavuze ko ibibazo bafite byatewe n’urupfu rwa Habyarimana : Senateri Evode

Senateri Evode Uwizeyimana yatangaje ko yasekejwe n’amagambo y’Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo muri LONI wavuze ko ibibazo by’umutekano muke ukomeje kurangwa muri iki gihugu byatewe n’urupfu rwa Perezida Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda . Aya magambo senateri Evode yayatangarije mu kiganiro ‘Inkuru Mu makuru’ gitambuka kuri televiziyo y’u Rwanda ahanini cyibanda mu gusesengura…

Read More

DRC :FARDC irashinjwa gusahura sosiyete y’Abashinwa ikorera muri Kalemie

Sosiyete y’Abashinwa ikorera muri DRC yatangaje ko yamaganye ibitero bigamije ubusahuzi byagabwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC] ku biro no kuri bamwe bakozi babo bakorera mu gace ka Kalemie mu ntara ya Tanganyika . Iyi sosiyete isanzwe ikora sima zifashishwa mu kubaka umuhanda yamaganye ibi bikorwa by’ingabo za Kongo ibicishije mu…

Read More