DailyBox

UYU MUNSI MU MATEKA :  Igihugu cya Chad cyatangaje ubwigenge bwacyo ku mugaragaro naho umufilozofe witwa Torgny Torgnysson avuka kuri iyi taliki

uyu munsi ku wa cyumweru , tariki 11 Kanama ni umunsi wa 223 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 143 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu barimo Claire, Suzana n’abandi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 355: Claudius Silvanus, yashinjijwe ubugambanyi, nyuma y’uko yitangaje ko ari…

Read More

umukobwa ubana ubumuga bwo kutumva yegukanye ikamba rya nyampinga wa Afurika y’epfo

Mia le Roux yabaye umugore wa mbere ufite ubumuga bwo kutumva wambitswe ikamba rya Miss south Africa nyuma y’amacakubiri ajyanye n’ubwoko yaranze iri rushanwa . Mu ijambo rye ryo kumwakira, Madamu Le Roux yavuze ko yizeye ko intsinzi ye izafasha abumva ko batashyizwe muri sosiyete kugera ku nzozi zabo mbi, nkawe.Yanavuze ko ashaka gufasha abakandamijw…

Read More

Ituri : igisirikare cya  Congo cyataye muri yombi abo gishinja gukorana n’umutwe wa M23 mu gace ka Tchomia

Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziratangaza ko zafashe abantu bakekwaho kuba barafatanya n’inyeshyamba za M23, mu turere twa Djugu na Irumu ho mu ntara ya Ituri. Ku wa gatanu, tariki ya 9 Kanama i Tchomia, , abasore bagera ku icumi harimo n’ukomoka muri Uganda batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukorana n’imitwe…

Read More

U S A : Itumanaho ry’abashinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump ryamaze kwibwa n’aba-hackers ba Irani

Abashinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump batangaje ko bimwe mu biri bice bigize itumatumanaho hagati ryabo byibwe n’abajura bakorera kuri muri andasi [hackers ] bakomoka muri Irani. Ejo ku wa gatandatu, ikinyamakuru cyo muri Amerika Politico gikorera ku mbuga nkoranyambaga cyatangaje ko cyahawe ubutumwa kuri email burimo inyandiko zo kwiyamamaza zirimo ubushakashatsi bw’imbitse bwakorewe…

Read More

Olusegun Obasanjo wahoze ari perezida wa Nijeriya amaze kugera   i Kigali mu irahira rya Perezida Kagame

Uwahoze ari Perezida wa Nijeriya, Olusegun Obasanjo, yageze i Kigali muri iki gitondo kugira ngo yitabe umuhango wo kurahira kwa perezida Paul Kagame. uyu aje yiyongera ku banyacyubahiro barimo ,Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, wamaze kugera i Kigali aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame uteganyijwe kuri iki cyumweru. ndetse na…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Zelensky bwa nyuma na nyuma yemeje ko ingabo za Ukraine ziri kurwanira mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere ko ingabo z’igihugu cye ziri kugaba igitero cyambukiranya imipaka mu karere ka Kursk gaherereye mu burengerazuba bw’Uburusiya. Ku wa gatandatu, mu ijambo rye ryaciye kuri videwo yatambukijwe ku gitangazamakuru cy’igihugu, Bwana Zelensky yavuze ko ingabo za Ukraine ziri kurwana intambara ku butaka bw’abagizi ba nabi…

Read More

menya ibyavuye mu Biganiro Intumwa za Sudani  zagiranye n’abahuza ba Amerika muri Arabiya Sawudite 

Guverinoma ya Sudani yohereje intumwa muri Arabiya Sawudite kuganira n’abahuza ba Leta zunze ubumwe z’Amerika mu mishyikirano y’amahoro muri Sudani. Nta ruhande rutangaza niba umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) urwana na guverinoma ya Sudani nawo ujya i Jeddah. Ariko RSF yemeye ko izajya mu mishyikirano y’i Geneve. Izaba ihujwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mu Rwanda hagiye gukoreshwa VAR, Azam izakina na APR FC yabonye undi musada ukomeye!

Ikipe ya Azam FC  yo mu gihugu cya Tanzani yabonye izindi mbaraga nshya mu gice cy’abatoza aho yabonye umutoza wo ngerera imbaraga abakinnyi(fitness coach) akaba  ari Murshid Ally Kika.(#MickyJr) Ikipe ya Mamelodi Sundowns yo mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze kongerera amasezerano  mashya abakinnyi bayo babiri barimo Themba Zwane (South Africa)   wasinye kugeza muri  2025…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Manchester city yatsinze Barcelona mu mukino wo gutaha sitade ya Etihad naho Bernado silva abona izuba

1934 Babe Ruth wari ikirangire mu mukino wa Baseball yatangaje ko agiye gukina umwaka w’imikino we wa nyuma nk’uwabigize umwuga muri uyu mukino . 1936 Ku nshuro ya mbere agace k’umukino wo gusiganwa ku magare mu mikino Olempike karakinwe, ndetse abafaransa babiri bitwaye neza aho Robert Charpentier na Guy Lapébie batwaye imidali ya zahabu n’ifeza….

Read More

Paper Talk[Europe]: Eddie Nketiah ibye muri Arsenal bikomeje kuyoberana, akagufa muri gahunda ya Martin Zubimendi muri Liverpool!

Liverpool  iracyari  kwiruka  kuri  Anthony Gordon  wa  Newcastle United nubwo iyo gahunda bayigerageje mu kwezi kwa kanama 2023 ariko bikanga , biteganyijwe ko igiciro cya   Anthony Gordon kigomba kuzamu ndetse binagoye ko Newcastle United yamure kura .(Liverpool Echo) Aston Villa  y’umutoza  Unai Emery  ikomeje gushaka uburyo  yasinyisha  Umunya-Portugal Joao Felix w’imyaka 24 wiyemeje  gusohoka…

Read More