DailyBox

Nta kindi gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda ~ Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Rwanda rumaze imyaka 109 rusenywe n’u Bubiligi ndetse n’ubu bugikomeza kurugendaho. Minisitiri Bizimana yabigarutseho mu isuzuma ry’amateka yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uri kubera ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 7 Mata 1994 ibikorwa byo kwica abatutsi byakwiriye hirya no hino mu gihugu

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali . Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi. Kimwe…

Read More

#KWIBUKA 31 : inyoborabikorwa ku kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi

7 Mata 2025, U Rwanda n’isi yose, turibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Tuzakomeza kugendera ku ngingo yo “Kwibuka Twiyubaka”. Tuzazirikana amateka yatumye Jenoside yakorewe Abatusi ibaho, urugendo rwo kubaka igihugu, ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda, uruhare rwa buri wese mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyo igaragariramo byose.  Hazagaragazwa umwihariko w’Umuryango Mpuzamahanga wo kutigira ku…

Read More

AGEZWEHO : Hatangajwe ugomba gusimbura Joao Lourenco ku nshingano zo guhuza u Rwanda na DR.Congo

Umuryango w’Afurika yunze ubumwe watangaje ko Perezida wa Togo , Faure Gnassingbe yahawe inshingano zo kuba umuhuza mushya mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Perezida Faure agiye kuri uyu mwanya asimbuye mugenzi we wa Angola Joao Lourenco uherutse kwegura kuri uyu mwanya aho yemezaga ko akeneye umwanya…

Read More

DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili

Guverinoma ya Repubilika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ikomeje inzira zisabwa zigamije gukurikirana mu nkinko abayobozi babiri batavuga n’ubutegetsi buriho bakekwaho gufatanya n’umutwe wa M23 mu bikorwa by’ubwicanyi byabaye mu ntara ya Kivu zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku munsi wejo ku wa gatandatu Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yategetse umushinjacyaha mukuru wa FARDC…

Read More

MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka

Mu igororero rya Musanze habereye igiterane cy’ivugabutumwa ry’ itorero ADEPR cyakorewemo umuhango w’umubatizo no kwakira abakiristu bashya hanatangwa inkunga y’ibikoresho bitandukanye ku bahagororerwa. Muri iki giterane cyari cyitabiriwe na Réverend Pasteur SAFARI Wilson, umushumba w’ururembo rwa Muhoza habereyemo imihango itandukanye, aho abagororwa 33 babatijwe, 7 barakirwa ndetse n’abandi 4 barasengerwa. Iki  giterane kandi cyari cyanitabiriwe…

Read More

Nyanza : Umusore yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 5 kubera ubusinzi

Umusore wo mu karere ka Nyanza  ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko yemereye ubushinjacyaha ko yuko yabikoze ariko yabitewe nuko yari yasinze bikabije . Uyu musore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko , ubushinjacyaha bwemeza ko yabikoze  ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu mudugudu wa…

Read More

DRC : abantu babiri bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Abantu bagera kuri babiri baburiye ubuzima ,abandi bataramenyekana umubare bakomerekera mu mirwano yashyamiranishijemo umutwe wa M23 ndetse na Wazalendo mu gace ka Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Nkuko ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Masisi bwabitangaje , ngo abantu barenga icumi nibo bamaze kugana ibi bitaro bafite ibikomere byatewe no…

Read More