Perezida Kagame yerekanye ko hari abamutera ubwoba bwo kumwica kubera ukuri kwe
Kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Mata 2025 , Perezida wa Repubulika Nyakabahwa Paul Kagame yahishuye ko hari abamuburiye bamubwira ko azicwa kubera kunenga abakomeye. Nyakabahwa Paul Kagame yatangaje ibi ,Ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yavuze ko ibyabaye mu myaka 30 bitazasubira kuko…