DRC : Hibutswe abapfiriye mu ntambara yashojwe na M23 n’u Rwanda muri Goma na Bukavu
Ku munsi wejo ku wa kane tariki ya 10 Mata I Kinshasa muri Repubilika iharanira Demokarasi ya Kongo herekanwe ku mugaragaro fililime mbarankuru y’abahitanywe n’ibitero bya M23 n’u Rwanda bagabye mu mijyi ya Goma na Bukavu ubwo bayigaruriraga. Iyi filime ngufi yari yahawe umutwe uvuga ngo : “Ubwicanyi, iyicwa ry’abagore n’abana mu gihe imijyi ya…