DailyBox

DRC : UNICEF yashinje M23  uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abana bato

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) ryagaragarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku ya 11 Mata 2025 i Geneve mu Busuwisi ko umwana umwe w’Umunyekongo afatwa ku ngufu buri minota 30 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Umuvugizi wa UNICEF, James Elder, yatangaje kandi ko ibyaha bigera ku 10,000 by’ihohoterwa rishingiye ku…

Read More

Nigeria yahagaritse icurangwa ry’indirimbo ivuga imiyoborere mibi ya perezida Tinubu

Guverinoma ya Nijeriya yategetse  ibitangazamakuru byose bikorera ku butaka bw’iki gihugu guhagarika gucuranga indirimbo yiswe ‘Bwira papa’ yumvikanamo ,amagambo anenga imiyoborere ya perezida Tinubu  Bola Muri iyi ndirimbo y’umuhanzi Eedris Abdulkareem yumvikanamo amagambo yamagana Perezida Bola Tinubu anasaba umuhungu we witwa Seyi Tinubu, kumenyesha se ko abantu bari  gupfa kubera inzara n’umutekano muke ukomeje kurangwa…

Read More

Umupasiteri w’Umunyamerika yashimutiwe muri Afurika y’Epfo arimo kubwiriza

Ubuyobozi bwa sosiyete sivile mu gihugu cy’Afurika y’epfo bwatanagaje ko umupasiteri w’umunyamerika yashimuswe ubwo yarimo abwiriza mu rusengero n’abantu bitwaje imbunda ndetse banambaye impuzankano y’igisirikare cya Afurika y’epfo . Ku mugoroba wo ku munsi wo ku wa kane ,ubwo yashimutwaga ngo uyu mupasiteri witwa Josh Sullivan yarimo akora umurimo w’imana mu rusengero rw’Abatisita ruherereye muri…

Read More

DRC : Wazalendo na FARDC bigaruriye imijyi 10 yari yarigaruriwe na M23

Indi mirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba FARDC bafatanije na Wazalendo bahangana na M23 yakomeje mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse isiga ingabo za Kongo zigaruriye imijyi irenga icumi . Nubwo i Doha mu gihugu cya Qatar hari kubera ibiganiro by’amahoro hagati ya leta ya Kinshasa n’umutwe w’inyeshyamba za…

Read More

Dr. Bizimana yerekanye ubugome ndengakamere bwa Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi

Minisitiri Dr Bizimana yagarutse ku bugome bwaranze Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi, wayoboye ubwicanyi bw’indengakamere bwakorewe Abatutsi muri Segiteri Rwankuba mu 1991. Ibi yabitangaje  kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro mu yahoze ari Komini Murambi. Dr….

Read More

Ujya gukira indwara arayirata ,Jenoside nayo ni indwara, ni virusi, ni politiki mbi  : Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yavuze ko uburyo bwiza bwo kurinda ko Jenoside yakorewe Abatutsi itazongera kuba ukundi, ari ukuyibwira abato uko yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More

#KWIBUKA31 :  Abatutsi bamariwe ku icumu muri kiliziya ya Paruwasi Gatolika ya Kiziguro  [ ubuhamya ]

Kuva kuwa 07/04/1994 kugeza kuwa 10/04/1994 Abatutsi batangiye guhunga hirya no hino bahungira kuri  Kiliziya i Kiziguro bahageze babeshywa ko bajyiye kuharindirwa ariko barabareka bariyegeranya baragwira maze  ku itariki ya 11 Mata 1994 barabica guhera 10h00 kugera 16h00.  Bishwe n’ Interahamwe  zoherejwe na Burugumesitiri Gatete Jean Baptiste afatanyije na Rwabukombe Onesphore wari burugumesitiri wa Muvumba,…

Read More

#KWIBUKA 31 :Dore uko Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu

Kuri Paruwasi ya Hanika mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Macuba, mu mbuga yo kuri Paruwasi haguye Abatutsi basaga 15,000 bari bahahungiye . Biciwe mu nzu z’abapadiri, muri Centre de Sante, no muri CentreNutritionelle. Aya mazu yose akaba ari aya Paruwasi ya Hanika. Interahamwe zabishe ni Alphonse bahimbaga Rasta mwene Pasteur uyu akaba yari umusirikare. Niwe wakoresheje Grenade zishe…

Read More