DailyBox

Agezweho : DRC yahagaritse burundu ishyaka rya Joseph Kabila

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahagaritse ishyaka ry’uwahoze ari Perezida wayo Joseph Kabila Kabange, nyuma yuko imushinja ko afatanya n’umutwe w’inyeshyamba za M23 wigaruriye uduce twinshi two mu burasirazuba bw’igihugu mu ntangiriro z’uyu mwaka. Iri tegeko ryo guhagarika burundu  iri shyaka rya politiki rije mu gihe amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko Kabila yagarutse…

Read More

Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri baganiriye ku buryo bwo kugarura ituze muri DRC

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho kwimakaza ubutwererane hagati y’u Rwanda na Misiri. Aya makuru yatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Misiri,Amb Mohamed El-Shenawy, watangaje ko iki kiganiro cyabaye ku wa 17 Mata 2025, aho abakuru b’ibihugu byombi banaganiriye ku buryo butandukanye bwo kongerera…

Read More

MIFOTRA yemeje iminsi  ibiri y’ikiruhuko  

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize ahagaragara itangazo rigenewe abakozi n’abakoresha bose, ribamenyesha ko iminsi ibiri iri imbere izaba iminsi y’ikiruhuko ku rwego rw’igihugu. Nk’uko biri mu itangazo ryatanzwe, ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, hazaba ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Gatanu Mutagatifu.  Uyu ni umunsi w’ingenzi mu myemerere ya…

Read More

Abatwara ibinyabiziga bibukijwe ko kwitwararika birinda impanuka muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iributsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya 2 cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50…

Read More

Dore ubudasa bwa GLES  mu guhuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo

Ikigo Global Linked Education services [GLES] kiravuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu  GLES ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse…

Read More

MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma

Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ MONUSCO] bwahakanye amakuru akomeje gukwirakwira avuga ko ku bufatanye na leta ya Kinshasa bari gutera kugaba ibitero simusiga bigamije kongera kwigarurira umujyi wa Goma umaze iminsi amezi warigaruriwe na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku cyumweru cya tariki ya 13…

Read More

Real Madrid yagaragaje ko yifuza bikomeye umukinnyi wo hagati muri Liverpool

Izina Alexis Mac Allister ry’umunya-Arijantina ukina hagati muri Liverpool riri mu mazina ari gushyushya imitwe y’abakomeye mu ikipe ya Real Madrid, nkuko tubikesha ibinyamakuru by’imikino bitandukanye. Mac Allister ufatwa nk’umwe mu bakinnyi bo hagati bahagaze neza, nyuma yo kwigaragaza mu mikino y’uyu mwaka wa shampiyona, yamenyekanye cyane muri 2022, haba mu mikino y’igikombe cy’isi ikipe…

Read More

Hari abanyamakuru bacyitwara nka ba Ngeze Hassan wa RTLM  : Umuyobozi wa Pax Press

Umuyobozi w’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira Amahoro, Pax Press, Twizeyimana Albert Baudouin, yavuze ko hakiri abanyamakuru bitwara nka ba Ngeze Hassan mu kubiba urwango no kubiba ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi uyu muyobozi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’igihugu ahanini cyagarukaga ku ruhare rw’itangazamakuru muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bwana Twizeyimana Albert Baudouin usanzwe uyobora umuryango…

Read More