DailyBox

Umuhanzi Yampano yatangaje ko yifuza kuzaba Pasiteri

Yampano, umwe mu bahanzi bagezweho mu Rwanda, yahishuye ko afite isezerano ryo kuzaba pasiteri. Icyakora, avuga ko asaba Imana imbaraga cyangwa impinduka mu kazi akora kuko asanga ibyo akora ubu bishobora gutuma abantu bamubona ukundi, ntibamwizere nk’umukozi w’Imana. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru IGIHE, Yampano yagize ati: “Njye mfite isezerano ryo kuzibera pasiteri ariko Imana izampindurire…

Read More

Thomas Tuchel yitabaje abarimo Ruben Loftus – Cheek na Jarell Quansah

Ruben Loftus-Cheek, umukinnyi wo hagati ukinira AC Milan, yongewe mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza igiye kwitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, izabahuza na Andorra ndetse na Serbia. Ibi bibaye nyuma y’imyaka irindwi adahamagarwa, aho yaherukaga gukinira u Bwongereza mu Ugushyingo 2018, atsinda Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Loftus-Cheek w’imyaka 29 y’amavuko yigeze…

Read More

Premier League : batanu bashobora kutagaragara ku ruhande rwa Manchester united igiye guhura na Burnely

Abakinnyi batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley ubwo Ruben Amorim araba yitezweho gufata icyemezo kigoye. Amwe mu makuru mashya yerekeye imvune za Manchester United ubwo ikipe y’umutoza Ruben Amorim iraba yitegura gukina na Burnley kuri uyu wa gatandatu. Abakinnyi bagera kuri batandatu bashobora kubura mu mukino wa Manchester United na Burnley…

Read More

AS Kigali yaguze umwataka mushya  

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda iteganyijwe gutangira ku wa 14 Nzeri 2025, AS Kigali ikomeje kwiyubaka, aho yamaze gusinyisha rutahizamu Jesus Ducapel Moloko kugira ngo azayifashe mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Uyu mukinnyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, afite imyaka 27, akina asatira anyuze ku mpande. Uyu yanyuze mu makipe akomeye…

Read More

APR FC igiye guseruka muri CECAFA idafite abakinnyi b’ingenzi

Mu gihe Uganda iri kwitegura imikino yo gushaka itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2026 , yamaze guhamagara abakinnyi izifashisha harimo babiri bakinira APR FC. Abahamagawe ni Ronald Ssekiganda ukina hagati mu kibuga yugarira ndetse na Denis Omedi ukina mu busatirizi. Uganda y’umutoza, Paul Put ifite imikino ibiri yose bazakinira Kampala harimo uwa Mozambique…

Read More

RIB yataye muri yombi umukozi wa WASAC ikurikiranyeho kwakira indoke

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwemeje ko rwataye muri yombi umukozi wa WASAC Group ushinzwe ibikorwa byo gusana umuyoboro w’amazi wa Ruhanga uherereye mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, nyuma yo gukekwaho kwakira ruswa. Uyu mukozi, utaratangarizwa amazina , bishimangirwa ko yafashwe ku bufatanye bwa RIB, Polisi y’u Rwanda n’abaturage bo muri ako gace bagejejeho…

Read More

Igihe Rwanda Premier League izatangirira cyamenyekanye

Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwatangaje ko shampiyona y’umwaka w’imikino 2025/26 izatangira itariki ya 12 Nzeri 2025 ikazasoza ku ya 24 Gicurasi 2026. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryari ryagaragaje ko shampiyona izatangira tariki ya 15 Kanama 2025, bivuze ko itangizwa ryatewe ipine inyuma ho hafi ukwezi….

Read More

RIB yahishuye ko igiye gushinga ikipe ya ruhago!

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, binyuze ku muvuzi wa rwo Dr. Murangira B. Thierry, rwemeje ko rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru. Iyi kipe igiye gushingwa mu rwego rwo kwegera urubyiruko no kurugezaho ubutumwa butandukanye bujyanye n’ubukangurambaga baba bafite nk’uko umuvugizi w’uru rwego yabigarutseho. Dr. Murangira B. Thierry aganira na Igihe Yagize Ati “Ahantu hose hashoboka haduhuza…

Read More