daily

DRC : MONUSCO yasubije I Kinshasa ingabo za FARDC zari zarayihungiyeho M23

Goma – Ku wa 15 Gicurasi 2025, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwatangaje ko bwasoje igikorwa cyo gutwara abasirikare barenga 1,300 batari bafite intwaro b’ingabo za FARDC n’abapolisi ba PNC bari barahungiye ku bigo bya MONUSCO i Goma nyuma y’uko umujyi wafashwe n’inyeshyamba za AFC/M23 muri Mutarama…

Read More

Menya imikorere y’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

N’ubwo u Rwanda ari igihugu kidakora ku nyanja, gifite ibiyaga, inzuzi n’imigezi biri hirya no hino, bigizwe n’amazi yifashishwa mu buryo butandukanye burimo ingendo, uburobyi, ubukerarugendo, ubushakashatsi n’ibindi, bikenera ingamba zihoraho kugira ngo bikorwe mu ituze n’umutekano.  Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) gitangaza ko ubuso bw’igihugu bungana na kilometero…

Read More

Antonio Guterres yikomye ibihugu byinangiye gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro ku isi

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye [UN] , Bwana Antonio Guterres yatangaje ko ubutumwa bw’uyu muryango bwo kugarura amahoro hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cy’amikoro ahanini gituruka ku bihugu binyamuryango byinangira gutanga umusanzu wabyo ku gihe . Ubutumwa bwo kugarura amahoro bwa UN hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cyo kubura amafaranga…

Read More

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze guta muri yombi umusekirite wagaragaye mu mashusho atega umuntu kuri sitade

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata ushinzwe umutekano kuri sitade wagaragaye mu mashusho atega umwe mu bari bitabiriye umukino wa Rayon Sports na Police FC akikubita hasi ku girango aryozwe iyi myitwarire idahwitse. Kuri uyu wa 11 Gicurasi 2025, nibwo kuri Kigali Pele Stadium habereye umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Umujyi wa Kigali ugiye gucutsa Kiyovu Sports na Gasogi United

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine yatangaje ko nta gahunda ihari yo kureka gutera inkunga amakipe awubarizwamo basanzwe bakorana harimo nka, Gasogi United, Kiyovu Sports, ngo basigarane na AS Kigali gusa. Aya makipe yombi, akina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” asanzwe abona amafaranga avuye mu mujyi wa Kigali mu rwego…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina muri Tunisia akomeje kwandika amateka muri iki gihugu

Mugisha Bonheur uzwi kwizina rya ‘Casemiro’ akaba akinira ikipe ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Tunisia ariyo ya Stade Tunisien akomeje kwitwara neza no kwerekana ubushobozi bwe mu buryo budasanzwe aho yatsinze igitego cya Gatanu muri iyi kipe. Uyu musore ukina hagati mu kibuga hagati yugarira , yakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda…

Read More

BREAKING : Itorero riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzimagatozi

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwatangaje ko rwambuye icyangombwa cy’ubuzimagatozi Itorero Grace Room Ministries, riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda kubera kutubahiriza amategeko. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025 nibwo RGB yatangaje ko yambuye icyemezo cy’ubuzimagatozi Grace Room nka Minisiteriya ihuriwemo n’indi miryango kubera kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize…

Read More

Lamine Yamal ari kuvugwa cyane nyuma yo kugaragarizwa urukundo mu buryo budasanzwe

Umusore w’ikipe ya Barcelona, Lamine Yamal akomeje guca uduhigo aho post yakoze ku rubuga rwa Instagram nyuma yo gusezererwa na Inter Milan muri Champions League imaze gukundwa (Likes) n’abantu barenga Miliyoni 9.5 ndetse abangana n’ibihumbi 310 nabo bamaze gutanga ibitekerezo byabo kuri iyi post. Post kuri Instagram zakunzwe (zagize-Likes) kuruta izindi! 1.Linonnel Messi: yishimira igikombe…

Read More

South Africa : Julius Malema yongeye kwijundika Ubwongereza nyuma yo kumwima Visa nkana !

Julius Malema utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri Afurika Y’Epfo yatangaje ko leta y’Ubwongereza yamwimye uruhushya rw’inzira [ VISA] rwo kwerekeza muri iki gihugu mu rwego rwo kwanga ko ajya kwitabira inama byemezwa ko izaba irimo abatavuga rumwe na Perezida Ramaphosa iteganyijwe kuba tariki ya 10 Gicurasi 2025 . Kuri bwana Malema abona leta ya Londres…

Read More