daily

Uganda yahagaritse ubufatanye bwa gisirikare n’Ubudage

Ingabo za Uganda zatangaje ko zihagaritse burundu ubufatanye bwa gisirikare n’Ubudage, nyuma yo gushinja Ambasaderi w’Ubudage muri Uganda, Mathias Schauer, kuba yaragize uruhare mu bikorwa bihungabanya umutekano kandi atabifitiye uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu. Nubwo ingabo za Uganda zitatanze ibimenyetso bifatika, iki cyemezo cyerekana igihombo gikomeye mu mubano hagati y’ibihugu byombi.  Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga…

Read More

Ubukungu bw’u Rwanda hagati y’Inzozi n’ukuri: Inzitizi zikomeye ku ntego za 2035 na 2050

Nubwo u Rwanda rwagaragaje impinduka zigaragara mu bukungu mu myaka yashize, haracyari imbogamizi zikomeye zishobora gukoma mu nkokora intego z’igihugu zo kugera ku rwego rw’ubukungu buciriritse muri 2035 no kuba igihugu gikize muri 2050. Kimwe mu bibazo bikomeje kugaragara ni uko umubare w’imirimo mishya idahagije ugereranyije n’abaturage rufita biganjemo urubyiruko rushya rwinjira ku isoko ry’umurimo….

Read More

Mugisha Bonheur yongeye kuzamura idarapo ry’u Rwanda muri Tunisia

Ikipe y’Umunya-Rwanda Mugisha Bonheur uzwi nka ‘Casemiro’ Stade Tunisien yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihuyu muri Tunisia (Tunisian Cup) nyuma yo gutsinda kuri penaliti iya Union Sportive Monastirienne(US Monastir). Ni umukino wabereye kuri Mustapha Ben Jannet Stadium , sitade iherereye mu gace ka Monastir ikanakinirwaho mu busanzwe n’ikipe ya US Monastir. Stade Tunisien yatsinze…

Read More

Dan Burn yongereye amasezerano muri Newcastle United

Dan Burn, myugariro w’ikipe ya Newcastle United, yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe, bisobanura ko azaguma kuri St. James’ Park kugeza mu mpeshyi ya 2027.  Ibi byatangajwe ku mugaragaro na Newcastle United ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yagize umwaka udasanzwe, aho yagaragaye mu mikino 45 mu…

Read More

Barcelona yaciye amarenga y’abakinnyi babiri igiye kugura kuva muri Premier league

Umuyobozi wa siporo (Sporting director) mu ikipe ya Barcelona ‘Deco’ yaciye amarenga ko bashobora kugura Marcus Rashford wa Manchester United na Luiz Diaz wa Liverpool. Ubwo yagarukaga ku bijyanye n’Isoko ry’Igura n’Igurisha rya Barcelona muri iyi mpeshyi igiye kuza, Deco, Yagize Ati “Dushima Luis Diaz na Marcus Rashford nk’abasemababa.” Marcus Rashford yatijwe na Manchester United…

Read More

Minisitiri w’amashuri makuru muri RDC yifatiye ku gahanga icyemezo cya M23 cyo kwigenga mu burezi

Minisitiri w’Amashuri Makuru na za Kaminuza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prof. Sombo Marie-Thérèse, yamaganye bikomeye ingamba zafashwe n’abayobozi b’umutwe wa M23 zijyanye no gucunga kaminuza n’amashuri makuru mu mujyi wa Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Muri iyi minsi ishize, M23 yasabye ko ibigo by’amashuri makuru n’amakaminuza bikorera muri ako karere bihagarika…

Read More

Ibigomba kubahirizwa ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubukurwa

Komite y’Amarushanwa y’Ishyirahamwe y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ yamaze gufata umwanzuro ko umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzasubirwamo ku itariki 21 Gicurasi 2025 , ugatangira ku munota wahagazeho. Uyu mukino wari wasubitswe nyuma y’umutekano muke wagaragaye kuri sitade ya Karere ka Bugesera mu gihe umukino wari ugeze ku munota wa 57′ Bugesera FC…

Read More

KNC yatangaje ko ‘FERWAFA’ ifite amakosa ku byabaye ku mukino wa Bugesera FC na Rayon Sports

Umunyamakuru wa Radio/TV 1 Rwanda, Kakooza Nkuliza Charles, uzwi nka KNC, yatangaje ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryakabaye ryarahinduye umusifuzi wasifuye umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports. Kuri uyu wa gatandatu wa tariki 17 Gicurasi 2025, hakinwaga umunsi wa 28 wa Shampiyona aho Bugesera FC yari yakiriye Rayon Sports kuri sitade ya…

Read More

Goma :Abacuruzi barinubira umusoro mushya uherutse gutangazwa n’ubutegetsi bwa M23

 Ubuyobozi bw’umujyi wa Goma buri mu maboko y’umutwe w’inyeshyamba za M23 bwatangaje urutonde rushya rw’amafaranga y’umusoro w’isuku abawutuye n’abacuruzi baho bazajya bishyura bitewe n’ibikorwa byabo by’ubukungu, cyane cyane mu gace ka Karisimbi. Uwo musoro uri washyizwe mu byiciro 66 by’ibikorwa by’ubucuruzi, aho amafaranga azajya atangwa buri kwezi atandukanye, agendeye ku bwoko bw’akazi gakorwa. Amabanki, amahoteli…

Read More