daily

Muhire Kevin azakomeza gukinira Rayon Sports cyangwa azerekeza ahandi?

Kapiteni wa Rayon Sports umwaka ushize w’imikino, Muhire Kevin biteganyijwe ko atazakomezanya na Rayon Sports bivuze ko azakinira indi kipe mu Rwanda igihe atakwerekeza hanze y’u Rwanda. Uyu musore amasezerano ye yarangiranye n’impera z’uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 , ubu yemerewe kwerekeza mu ikipe iyari yo yose ashaka. Igihe umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Ghana,…

Read More

Cristiano Ronaldo yashimagije bikomeye Lamine Yamal mbere y’umukino wa nyuma ugomba kubahuza

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu gutegura umukino wa nyuma wa UEFA nations league, kizigenza Cristiano Ronaldo, yashimagije bidasanzwe umukinnyi ukiri muto Lamin Yamal. Uyu musore w’imyaka 17, umaze iminsi yigaragaza yatangiye gukanga benshi ndetse bamwe batangiye kumugereranya n’ibikomerezwa bitandukanye. Nyuma y’aho Esipanye, itsindiye Ubufaransa, maze igahita ikatisha itike yo gukina finali, byamaze kwemezwa ko iki gihugu…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More

NGOMA : Hibutswe imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatandatu tariki 31 Gicurasi 2025, abaturage barenga 8,000 bafatanyije n’abayobozi b’igihugu bitabiriye umuhango  wo kwibuka imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Gisozi mu Karere ka Ngoma. Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 imiryango yarimbuwe igashira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri aka karere, hanunamiwe…

Read More

Joseph Kabila na M23 bagiranye inama ya mbere i Goma

Ku wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025 Joseph Kabila, Uwari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), hamwe n’abambari be, bakoreye inama ya mbere i Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru mu burasirazuba bw’iki gihugu, hamwe n’umuyobozi mukuru wa M23  Corneille Nangaa. Mu butumwa yashyize kuri X (Twitter), Nangaa yavuze ko iyi…

Read More

 U Rwanda na Kazakhstan basinyanye amasezerano y’ubufatanye atandukanye

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Gicurasi, u Rwanda na Kazakhstan byasinyanye amasezerano menshi y’ubufatanye mu nzego zitandukanye arimo na ajyanye n’ibikoresho by’ingenzi bikenerwa mu nganda. Aya masezerano yasinyiwe mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye muri Kazakhstan, aho yakiriwe na mugenzi we Kassym-Jomart Tokayev.  Nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye, Perezida Kagame yagize  ati: “Ibihugu…

Read More

Amnesty International irashinja M23 gukora ibyaha by’intambara muri Congo

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, urashinja inyeshyamba z’umutwe wa M23 zirimo kurwana mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gukora ibyaha  by’intambara. Mu igenzura ryasohowe kuri uyu wa kabiri, Amnesty yavuze ko izi nyeshyamba Kinshasa yemeza ko zishyigikiwe n’u Rwanda zishinjwa kwica, gukorera iyicarubozo no gushimuta abaturage mu buryo bunyuranyije…

Read More