daily

Intambara y’Uburusiya na Ukraine : Uburusiya na Ukraine byahererekanyije imfungwa 206

Uburusiya na Ukraine byahererekanyije imfungwa 206 zo mu ntambara, mu masezerano yagezweho bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Perezida Zelensky yavuze ko Abanya-Ukraine barekuwe barimo 82 b’ipeti rya ‘private’ na serija (‘sergeant’) na 21 bo ku rwego rwo hejuru bo mu ngabo za Ukraine, abo mu mutwe w’inkeragutabara (abasirikare basezerewe mu ngabo bitabazwa…

Read More

Imbere y’abakunzi bayo ;Apr fc iguye miswi na Pyramids yo mu misiri

Mu kanya gashize Kuri Sitade Amahoro, ikipe ya Apr FC imaze kunganya na ekipe ya Pyramids igitego kimwe kuri kimwe mu mukino ubanza w’injojora ry’ibanze w’irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo rizwi nka TOTAL CAF CHAMPIONS LEAGUE . Ni umukino wari wahuruje imbaga y’abakunzi ba ekipe y’ingabo z’igihugu ndetse n’ab’umupira w’amaguru muri rusange…

Read More

Ngoma: Gitifu arashinjwa kunyereza imisanzu ya Mutuelle de Sante y’abaturage

Gitifu w’Akagari ka Rujambara mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma, uherutse kuvugwaho gusaba no kwakira indonke mu abaturage kugira ngo abahe serivisi, noneho hari abamuvugaho kuba baramuhaye imisanzu ya Mutuelle de Sante ngo ayibishyurire, ariko ntayitange.  Nyiracumi Alphonsine ushinjwa ibi byaha ,Abaturage bavuga ko yabahemukiye nubwo avugwaho kuba yeguye, bamwe mu bagize ikimina…

Read More

Perezida wa guinea bissau yatangaje ko ataziyamamariza indi manda

Umaro Cissoko Embalo usanzwe ari Perezida wa Gineya Bisawu yatangaje ko ataziyamamariza manda ya kabiri mu matora azaba mu kwezi kwa 12. Itangazo rye ritunguranye, rishobora guteza icyuho mu butegetsi no kongera ibibazo by’umutekano muke mu gihugu, gituwe na miliyoni zigera muri ebyiri kandi gikunze kubamo kudeta. Nyuma y’inama ya komisiyo y’abaminisitiri mw’ijoro ryakeye, Embalo…

Read More

Tariki ya 12 / nzeri mu mateka : Adolf Hitler yinjiye mu Ishyaka German Workers Party

Mutagatifu Apollinaire Franco. yizihizwa uyu munsi muri Kiliziya gatolika. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1974: Hashinzwe Juventude Africana Amilcar Cabral, itsinda ry’urubyiruko ruharanira demokarasi ryashingiwe muri Guinea Bissau. 1977: Muri Afurika y’Epfo habaye ubwicanyi bwahitanye uwitwa Stephen Biko warwanyaga ivangura rishingiye ku ruhu. 1979: Indonésie yibasiwe n’umutingito ukomeye wari ku gipimo kingana na 8,1 ugendeye ku…

Read More

Asia : Afghanistan yatangiye kubaka umuyoboro utwara peteroli uhuriweho n’ibindi bihugu birimo ubuhinde

Afuganistani na Turkmenistani byasubukuye imirimo yo kubaka umuyoboro utwara peteroli wari umaze igihe kinini waradindiye. Uyu muyoboro uzanyura mu bihugu byombi unyure no muri Pakistani n’Ubuhinde. Ministri w’Intebe Mohammad Hassan Akhund uyoboye leta y’Abatalibani muri Afuganistani yagiye ku mupaka w’icyo gihugu na Turkmenistani kwifatanya n’abategetsi b’icyo gihugu gutangiza ku mugaragaro iyubakwa ry’uwo muyoboro uzahuza umujyi…

Read More

Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro inama y’abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza [Commonwealth]

Perezida Kagame yageze muri Kigali Convention Centre, aho agiye gutangiza ku mugaragaro Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth.Iyi nama izwi nka ‘Commonwealth Magistrates’ and Judges’ Association Conference’ yitabiriwe n’abarenga 300 baturutse mu bihugu 45. Uyu munsi tariki ya 9 /Nzeri Muri Kigali Convention Centre hari kubera Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu…

Read More