daily

amatora yabagize urwego rwa Sena  : abarimo Amb Rugira na Cyitatire binjiye muri Sena

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yatangaje iby’agateganyo byavuye mu matora y’Abasenateri 12 batorwa n’inzego zihariye hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Mu basenateri 12, babiri gusa niba bashya ari bo Amandin Rugira wabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu bitandukanye nk’u Bubiligi na Zambia ndetse na Cyitatire Sosthène wari usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa Sena…

Read More

Ibyo tuzi ku itabwa muri yombi ry’Umuraperi wamenyekanye nka P. Diddy

Umuraperi Sean “Diddy” Cumbs wamamaye nka P. Diddy, wakunze gushinjwa ibirego binyuranye birimo ihohoterwa rishingiye ku gitsina, yatawe muri yombi. Sean “Diddy” Cumbs wafatiwe i New York muri Leta Zunze Ubumwe za America, yatawe muri yombi nyuma y’uko ingo ze ebyiri urw’i Los Angeles n’urw’i Miami zikozweho iperereza muri Werurwe uyu mwaka, aho akurikiranyweho kuba…

Read More

UEFA Champions League 2024-25: Gahunda yose y’irushanwa, abakinnyi bo guhanga amaso ndetse n’ubusesenguzi bwimbitse ku isura nshya y’iri rushanwa

Isura nshya ya UEFA Champions League 2024-25 yagarutse .Bwa mbere mu mateka y’iri rushanwa, amakipe 36 azitabira iri rushanwa rikomeye rihuza amakipe yo mu Burayi ryubatse mu buryo amakipe akomeye yo ku mugabane w’iburayi ahura kenshi. Kugeza ku nshuro yayo ya 2023-24, Champions League yagaragaramo amakipe 32 agabanijwe mu matsinda umunani agizwe n’amakipe naho amakipe…

Read More

Mugimba Jean Baptiste wari wahamijwe icyaha cya Jenoside  yajuririye igihano yari yahawe

kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Nzeri 2024 Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kumva ubujurire bwa Jean Baptiste Mugimba wakatiwe imyaka 25 ahamijwe ibyaha byo gucura umugambi wa Jenoside no kuba icyitso cya Jenoside. Jean Baptiste Mugimba yari yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba icyitso cya Jenoside ndetse n’icyo gucura imigambi yo…

Read More

Premier League vs Manchester City: Manchester City iratangira kwiregura ku Ibirego 115 ishinjwa

Byategereje igihe kirekire, ariko iburanisha ryigenga ryerekeye Manchester City ku birego 115 bivugwa ko yarenze ku mategeko y’imari ya Premier League riratangira. Mu ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko ari “igeragezwa rya siporo yo mu kinyejana”, komisiyo y’abantu batatu baratangira kuri uyu wa mbere kugira ngo ishakishe ibimenyetso bifatika mu gihe cy’ibyumweru 10 biteganijwe ko…

Read More

Rusizi : RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanyiriza umukobwa mu cyumba cy’isuzumiro

Umuganga w’umugabo w’imyaka 29 wakoraga ku Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kubwo gukekwaho gufata ku ngufu umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye ubwo yari ari mu cyumba cy’isuzumiro. amakuru agera ku kinyamakuru Daily Box avuga ko uyu mukobwa yavuze…

Read More

 Rubavu : umugore w’imyaka 37 y’amavuko, yafatanywe amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu Karere ka Rubavu, umugore w’imyaka 37 y’amavuko, wari ufite amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza,  uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure…

Read More