RwandAir igiye gusubika ingendo zose zerecyeza i Cape Town muri Afurika y’Epfo
Sosiyete Nyarwanda y’Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yavuze ko izahagarika ingendo ziva n’izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo kuva ku wa 27 Ukwakira 2024. RwandAir, ibinyujije mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ubuyobozi bwa RwandAir ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024 , aho ryavugaga ko iyi sosiyete ibabajwe no…