daily

Rutahizamu wa Chelsea agiye guhagarikwa imyaka ine adakina

Mykhailo Mudryk, umukinnyi wo ku ruhande w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Ukraine, w’imyaka 24, yashyizwe mu majwi n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) nyuma yo kugaragarwaho n’ibimenyetso by’imiti itemewe mu mubiri. Mudryk yari yarafatiwe ibipimo mu kwezi k’Ugushyingo 2024, aho ibisubizo bya “urine test” byagaragaje ibyo bita adverse finding, ni ukuvuga ibinyuranyije n’amategeko y’ikoreshwa…

Read More

Perezida Museveni yasinye itegeko rishya ryemerera abasivile kuburanishwa n’inkiko za gisirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya ryemerera ko abasivile bashobora kongera kuburanishwa n’inkiko za gisirikare mu bihe bidasanzwe, nubwo Urukiko Rukuru rwari rwaratesheje agaciro iri tegeko mu kwezi kwa Mutarama 2025. Iri tegeko ryavuguruwe rivuga ko abacamanza b’inkiko za gisirikare bagomba kuba bafite ubumenyi n’amahugurwa mu by’amategeko, bakaburanisha mu buryo bwigenga…

Read More

Wenceslas Twagirayezu wakoze Jenoside agiye kurangiriza igihano cye muri Denmark

Nyuma y’imyaka myinshi y’imanza hagati y’u Rwanda na Denmark, urukiko rwo muri Denmark rwemeje ko Wenceslas Twagirayezu, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, agomba kurangiriza igihano cye cy’imyaka 20 muri gereza yo muri icyo gihugu. Icyemezo cyafashwe n’urukiko rwa Hillerød ku wa 10 Kamena 2025, rwemeza ku mugaragaro igihano cyari cyamukatiwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubujurire mu Rwanda ku…

Read More

Fatakumavuta yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’igice nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitatu

 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahanishije igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu ndetse n’ihazabu ya miliyoni 1.3 Frw umusangiza w’amashusho (vlogger) Jean-Bosco Sengabo, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Fatakumavuta, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo guharabika, gukwirakwiza ibihuha no gukoresha ibiyobyabwenge. Mu byaha bitanu yari akurikiranyweho, urukiko rwamuhanaguyeho bibiri: ivangura n’icyaha cyo gusuzugura abantu mu…

Read More

Breaking News : Amavubi ntazitabira CECAFA 2025 kubera amikoro

Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru y’Abagore, izwi nka She-Amavubi, ntiyagaragaye mu bihugu bizitabira Irushanwa rya CECAFA Senior Women’s Championship ryo mu 2025, rizabera i Dar es Salaam muri Tanzaniya kuva ku itariki ya 13 kugeza kuya 21 Kamena. Iri rushanwa rizahuza amakipe atanu arimo: Tanzaniya, Uganda, Kenya, Uburundi na Sudani y’Epfo. Biteganyijwe ko rizakinwa mu buryo…

Read More

Umutoza wajyanye Rayon Sports mu matsinda ‘Ivan Minnaert’ yagaragaje uburyo yatunguwe no kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu Mavubi

Umutoza watoje Rayon Sports akayijyana mu matsinda ya CAF Confederations Cup mu 2018 , Ivan Jacky Minnaert yanenze bikomeye kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Kandi hari amakipe akomeye mu Rwanda ahemba amafaranga menshi ari yo ya Rayon Sports na APR FC yakabaye abacura. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV 10 Rwanda, uyu…

Read More

Gutakaza u Rwanda ni igihombo kuri ECCAS, si ku Rwanda : Impuguke mu bya politike

Mu nama y’abakuru b’ibihugu yabereye i Malabo muri Guinée Equatoriale ku wa 7 Kamena 2025, u Rwanda rwatangaje ko rusohotse burundu mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo hagati muri Afurika, ECCAS.  Iki cyemezo cyakurikiye ukutumvikana kwakomeje hagati ya Kigali na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko ku bijyanye no kwima u Rwanda uburenganzira bwo kuyobora…

Read More

Volleyball :Umunya – Kenya Sande Nemali wa Police VC ari mu bazitabira Igikombe cy’Isi 2025

Sande Nemali, umukinnyi w’icyitegererezo mu mukino wa Volleyball mu Rwanda, yasohotse ku rutonde rw’agateganyo rw’ikipe y’igihugu ya Kenya izitabira Igikombe cy’Isi cya FIVB kizabera muri Thailand kuva tariki ya 22 Kanama kugeza ku ya 7 Nzeri 2025. Nemali, usanzwe akinira ikipe ya Police Women’s Volleyball Club, yabaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino wa 2024/25, aho yegukanye…

Read More