daily

Kigali : Polisi y’ u Rwanda yasubije Umuyapanikazi  ibikoresho by’ikoranabuhanga  yari yaribwe

Mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo, Polisi y’u Rwanda yagaruje ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo Mudasobwa  , Kamera ndetse na  telefone nini zizwi nka tablets byari byibwe umugore ukomoka mu gihugu cy’ubuyapani  . Uyu muyapani witwa Mio Yamada, ufite ubwenegihugu bw’u Buyapani, akaba atuye mu mudugudu wa Mutara, akagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura mu…

Read More

Kenya : Visi Perezida Rigathi Gachagua yakuwe ku mirimo nubwo yari mu Bitaro

Sena ya Kenya yatoye icyemezo cyo kwirukana Visi Perezida Rigathi Gachagua ku mirimo ye nyuma yuko ubusobanuro bwatanzwe butanyuze abacamanza bo mu nteko ishinga amategeko . Iyi inteko ishinga amategeko yanatoye gushinza uyu mugabo w’imyaka 59 ibirego bitanu muri 11 bose hamwe bamushinjaga, nyuma y’iminsi ibiri y’iburanisha. Gusa Kurundi ruhande ,igihe yari ahari , Ibirego…

Read More

Niger : Leta yafashe umwanzuro wo guhindura inyito z’uduce twitwaga amazina afite aho ahuriye n’abakoloni b’abafaransa

Igihugu cya Niger cyafashe umwanzuro wo guhindura amazina y’imihanda n’ay’insisiro zari zaritiriwe amazina afite aho ahuriye no gusingiza ingoma y’abafaransa mu rwego rwo kwigaranzura burundu ingoyi y’ubutegetsi bw’ubufaransa bwahoze bufite ijambo rikomeye mu mitegekere y’iki gihugu ahambere . Ku ibitiro habanjwe guhindurwa izina rya agace kitwaga [Charles de Gaulle ] kari gaherereye mu murwa mukuru…

Read More

Intambara ya Israel na Hezbollah : Israel yishe undi musirikare ukomeye mu buyobozi bw’umutwe wa Hezbollah

Kuri uyu wa kane , Igisirikare cya Israel cyatangaje ko  Hussein Muhammad Awada wari umwe mu bayobozi bakuru bafashaga mu bya gisirikare umutwe wa Hezbollah yiciwe mu bitero bya misile za Israel muri Libani . Kuri uyu munsi kandi igihugu cya Israel cyatanze impuruza ku bantu batuye muri tumwe mu duce twegeranye n’aho iki gihugu gikeka ko…

Read More

Tariki ya 17 /ukwakira mu mateka : Mama Teresa wa Calcuta yahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu guharanira amahoro

Uyu munsi Kiliziya Gatolika yizihiza Mutagatifu Soline. Tariki ya 17 Ukwakira ni umunsi wa 291 w’umwaka ubura iminsi 75 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi [tariki ya 17 / Ukwakira ] mu mateka 1989: Umutingito uri ku gipimo cya 7,1 ku bipimo bya Richter yibasiye San Francisco, usiga uhitanye abantu 57 ako kanya,…

Read More

Polisi y’u Rwanda yahagurukiye kurandura burundu ibibazo by’umutekano muke bivugwa mu ntara y’iburasirazuba

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mukwabo wakozwe wari ugamije gushakisha abakora ibyaha birimo guteza umutekano muke ndetse n’ubujura bw’inka bumaze iminsi buvugwa mu Ntara y’Iburasirazuba, hafashwe abantu 63. Izi nka zagarujwe zigera kuri 25 zikaba zaribwe hagati y’ukwezi kwa Nyakanga na Nzeri uyu mwaka, mu turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare, ndetse abagera kuri…

Read More

MINADEF yahakanye ibirego byo gufata abagore ku ngufu bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye muri Centrafrique

Ubuyobozi bwa minisiteri y’ingabo z’ u Rwanda bwahakanye ibirego bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye mu gihugu cya Centrafrique byerekeye gufata ku ngufu abana ba abakobwa ndetse n’abagore ndetse iyi minisiteri yongera kwibutsa ko ingabo z’u Rwanda zirangwa n’ikinyabupfura n’ubunyamwuga mu byo zikora byose . Ibi iyi minisiteri y’ingabo ibitangaje nyuma y’inkuru y’ikinyamakuru The New Humanitarian …

Read More

Lionel Messi  yashyizeho akandi gahigo gashimangira ubuhangange bwe muri ruhago !

Lionel Messi yatsinze ibitego bitatu wenyine ndetse anatanga imipira ibiri ivamo ibitego mu mikino mpuzamahanga ikipe y’igihugu ya Arijantine yatsinzemo Boliviya ibitego 6-0 mu majonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi cya 2026 imbere y’imbaga y’abafana yari iteraniye kuri Stade Monumental. Messi nibwo yari agaragaye ku nshuro ya kabiri mu mukino mpuzamahanga kuva yakira…

Read More

Sudani y’Epfo : Impunzi zo mu Nkambi ya Malakal zashimiye ingabo z’u Rwanda kuri byinshi zimaze kubagezaho

Impunzi zo mu Nkambi ya Malakal muri Sudani y’Epfo irindwa n’Umutwe w’Ingabo z’u Rwanda wa Rwanbatt-2 bagaragaje ko banyuzwe n’ubufasha bahawe Ingabo z’u Rwanda nyuma yo kubegereza serivisi zo gusuzuma indwara zitandura no gutanga imiti y’inzoka muri iyi nkambi . I Malakal muri Sudani y’Epfo ni hamwe mu bice bikoreramo ingabo z’u Rwanda ziri mu…

Read More