daily

Intambara ya Israel na Hezbollah : Habuze gato ngo Hezbollah ngo yivugane Netanyahu n’umugore we !

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yatangaje ko atazigera atezuka kugaba ibitero bigamije gutsinsura burundu umutwe wa hezbollah nyuma yuko ku munsi wejo urugo rwe rwagabweho ibitero bya Drone bivugwa ko ari uyu mutwe wa Hezbollah . Abacishije ku urukutwa rwe rwa X yahoze yitwa Tweeter , Benjamin Netanyahu yavuze ko iki gikorwa cya Hezbollah…

Read More

Tariki ya 19 /ukwakira mu mateka : Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” nk’impirimbanyi y’amahoro

Uyu munsi Tariki ya 19 Ukwakira ni umunsi wa 293 w’umwaka ubura iminsi 73 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 2012: Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” yagihawe ku rwego rwa Afurika kubera ibikorwa by’indashyikirwa amaze kugeza ku Banyarwanda ku…

Read More

Perezida Putin avuga ko amahirwe ye yo kwitabira inama ya G20 muri Berezile agererwa ku mashyi

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko atazitabira inama y’ibihugu 20 bikize ku isi izwi nka G20 iteganijwe mu kwezi gutaha ikaba izabera muri Berezile mu gihe agaragaza impungenge zo kuba ashobora gutabwa muri yombi ukurikije icyemezo cy’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC). Ku wa gatanu, Putin yavuze ko ukwitabira kwe muri iyi nama gushobora kuzasenya imigendekere myiza…

Read More

Itorero rya ‘Zeraphat Holy Church’ ryambuwe ubuzima gatozi

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwatesheje agaciro icyemezo cy’ubuzima gatozi cy’itorero rya Zeraphat holy church nyuma y’uko ubugenzuzi bw’uru rwego bwagaragaje ko iri torero ritubahiriza itegeko rigena imikorere n’imigirire y’imiryango ishingiye ku myemerere mu Rwanda . Ibi bikubiye mu ibaruwa urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwandikiye Bishop Harerimana Jean Bosco usanzwe uyobora itorero rya Zeraphat Holy Church rumumenyesha ko…

Read More

Perezida Kagame yahaye imbabazi abarimo Bamporiki Edouard ndetse anakora n’izindi mpinduka muri guverinoma

Inama y’abaminisitri yayobowe na Perezida wa Repubulika yabaye ku gicamunsi cyo ku munsi wejo , yemeje Dr Patrice Mugenzi nka Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mushya na Dr Cyubahiro Bagabe nka Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mushya naho Gasana Emmanuel na Bamporiki Edouard bahabwa imbabazi . Izi mpinduka muri guverinoma zatangajwe biciye mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe mu…

Read More

Amakuru agezweho : Bikomeje kuba amayobera muri Kenya ; hafashwe ikindi cyemezo ku kweguza Visi Perezida

Mu kanya gashize ,urikiko rw’ikirenga rwa kenya rumaze gufata umwanzuro udasanzwe wo gusubiza ku nshingano uwari Visi Perezida w’iki Gihugu, Rigathi Gachagua wari wamaze kweguzwa akanasimbuzwa prof . Kithure Kindiki   . Urukiko Rw’ikirenga rwa Kenya kuri uyu wa Gatanu rwatangaje ko rwafashe uyu mwanzuro nyuma yuko  ikirego cya Gachagua cyazamuye ibibazo bikomeye birebana n’…

Read More

Kigali : Hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka ‘Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024’

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 / 10 /2024 , kuri Kigali Convention Centre hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka “Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024”, Iri siganwa ryitabiriwe n’imodoka 23 rizakinwa hagati yo ku wa 18-20 Ukwakira 2024, mu mihanda ya Kigali n’iya Nyamata mu Bugesera. Abakinnyi bitabiriye Isiganwa ry’imodoka, “Rwanda Mountain…

Read More

Tariki ya 18 / Ukwakira mu mateka : rurangirwa mu njyana ya Reggae Lucky Dube yarishwe

Tariki ya 18 Ukwakira ni umunsi wa 292 w’umwaka ubura iminsi 74 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka Tariki 18 Ukwakira, ni itariki itazibagirana mu mitwe y’abakunzi b’injyana ya Reggae n’abakunzi ba muzika muri rusange. Itariki nk’iyi mu mwaka wa 2007 nibwo hasakaye inkuru ibika urupfu rwa Lucky Phillip Dube,…

Read More

U Rwanda na Ethiopia bongeye kurebera hamwe uburyo bwo kwimakaza imikoranire myiza mu bya gisirikare

Abahagarariye ingabo z’ u Rwanda bagiragiranye ibiganiro n’abo kuruhande rw’ingabo za Ethiopia byibanze ku mu kongera urwego rw’ubufatanye mu bya gisirikare ku mpande zombi, ibi bijyana no kurebera hamwe amahirwe ahari n’uburyo bwo kuyabyaza umusaruro ku mpande z’ibihugu byombi . Aba banyacyubahiro bahuriye  mu nama y’Abayobozi b’Ingabo ku Mugabane wa Afurika yigaga ku nzitizi n’ibibazo…

Read More

Somalia : abantu barindwi bapfiriye mu iturika ry’igisasu cy’umwiyahuzi muri Mogadishu

Abantu barindwi bapfuye , abandi batandatu barakomereka nyuma y’uko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu kuri cafe hanze y’ishuri ryigisha abapolisi mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu. Nk’uko abapolisi babitangaza, kuri wa kane abarimo abapolisi ndetse n’abasivili bari mu bahitanywe n’iki gisasu, ubwo barimo banywa icyayi hanze y’ishuri rikuru rya polisi rya Kaahiye. Polisi yagize ati: “Igisasu cyaturikiye…

Read More