daily

DRC : Kiliziya Gatulika yagize ibyo yisabira  Perezida Felix Tshisekedi

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Musenyeri Donatien Nshole usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) …

Read More

USA : umubano wa Elon Musk na Vladimir Putin ukomeje guteza inkeke abanyamerika

Umuherwe Elon Musk akomeje guteza inkeke bamwe mu bayobozi ba Leta zunze ubumwe z’Amerika kubera umubano afitanye na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya. Intandaro ni “The Wall Street Journal,” ikinyamakuru gifite icyicaro gikuru mu mujyi wa New York. Yasohoye inkuru kivuga ko Elon Musk amaze byibura imyaka ibiri agirana ibiganiro byinshi by’ibanga na Putin. Nyuma yacyo…

Read More

Kenya : Kithure Kindiki yarahiriye kuba visi perezida ku mugaragaro asimbuye Rigathi Gachagua uherutse kweguzwa

Kuri uyu wa gatanu , umunya -Kenya Kithure Kindiki yarahiriye kuba visi perezida mushya wa Kenya nyuma y’urukiko rukuyeho icyemezo kibuza irahira rye nyuma y’ibibazo by’amategeko byabanjirije irahira rye nyuma yo gushinjwa guhonyora itegeko nshinga. Kindiki yarahiriye imbere y’umwanditsi mukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Kenya nyuma y’ibyumweru byinshi byaranzwe n’ihangana mu mategeko nyuma y’uko uwahoze ari…

Read More

Abarimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi bitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi k’Ukwakira

kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 / Ukwakira ,Abaturage hirya no hino mu gihugu bitabiriye ibikorwa by’umuganda rusange usoza ukwezi k’Ukwakira ahanini wakozwe hasiburwa imirwanyasuri, hanaterwa ibiti bivangwa n’imyaka n’ibindi bigaburirwa amatungo. uyu ni umuganda kandi witabiriwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi n’abandi bayobozi batandukanye mu nzego za leta barimo Perezida w’Umutwe…

Read More

Mozambique : Ishyaka riri ku butegetsi ryatangajwe ko ariryo ryatsinze amatora ya perezida nubwo ibi bitavugwaho rumwe

Umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi bwa Mozambique, Daniel Chapo, yatangajwe ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko igikorwa cyo kubara amajwi cyaranzwe n’ubariganya. Kuri uyu wa kane, komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora (CNE) muri Mozambique yatangaje ko Chapo ukomoka mu ishyaka rya Frelimo rimaze hafi imyaka 50 ku butegetsi bw’iki…

Read More

RIB yerekanye abantu 10 barimo abakurikiranyweho kwigana inzoga zikomeye

Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Ukwakira 2024 Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha  rwafunze abantu 10 barimo batatu bakurikiranyweho kwigana inzoga zo mu bwoko bwa likeri naho abandi barindwi bakaba ibyitso kuko bababikiraga ibikoresho bifashishaga ndetse ibyafatiriwe byose bifite agaciro kangana na 31,435,750frw. ku Cyicaro gikuru cya RIB na Polisi mu Mujyi wa Kigali i Remera  RIB…

Read More

Abarimo Gen.Alex Kagame baherutse guhabwa inshingano nshya muri bahererekanyije ububasha n’abo basimbuye

Ku mugoroba wo ku wa mbere   tariki 21 Ukwakira 2024 habaye igikorwa cy’ihererekanyabubasha ry’inshingano hagati ya Maj Gen Alex Kagame uherutse gushyirwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara na Maj Gen (Rtd) Frank Mugambage aje gukorera mu ngata kuri izi nshingano . Tariki ya 14 / ukwakira nibwo  izi impinduka zatangarijwe mu itangazo ryashyizwe hanze…

Read More

Tariki ya 20 / Ukwakira mu mateka : Grégoire Kayibanda yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ubufaransa

Bimwe mu bihe byaranze iyi tariki mu mateka 1990: Ni bwo Nyakubahwa Paul Kagame yageze mu Rwanda aho yari aje gukomeza kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu nyuma y’uko abari bayoboye urwo rugamba bari bamaze kuraswa n’umwanzi. 1962: Perezida w’u Bufaransa Charles de Gaulle n’uw’u Rwanda Grégoire Kayibanda basinye amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. 1883: Igihugu cya Peru…

Read More

DRC : imvura nyinshi yateye isenyuka ry’ikiraro cya Sederu cyafatwaga nk’izingiro ry’ubuhahirane i Bunia

Ku wa gatandatu, tariki ya 19 Ukwakira, Imvura nyinshi yangije ibiraro byinshi bihuza uturere n’inzira zitandukanye z’umujyi wa Bunia, muri Ituri ndetse ibi bibangamira ubuhahirane hagati y’utu turere two muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo . Ubuyobozi bwo muri aka karere bwashimangiye ko imvura ikunze kugaragara mu karere ariyo nyirabayazana yo gusenyuka kwa zimwe muri…

Read More

CHAN 2024 : Amavubi yahamagaye abagomba kuzavamo abesurana na Djibouti

Umutoza w’Amavubi, Frank Spittler Torsten, yahamagaye abakinnyi 26 bagomba kwitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024 ) u Rwanda ruzahuriramo na Djibouti . Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, tariki ya 20 /Ukwakira/ 2024, ni bwo Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Frank Spittler, yashyize ahagaragara urutonde rw’agateganyo rw’abo yifuza kuzakinisha mu…

Read More