daily

Ubumwe bwacu n’ingabo ikingira icyo ari cyo cyose cyadutanya : Madamu Jeannette Kagame

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 / Ukwakira /2024 , muri Kigali Convention Centre Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri yatangije ku mugaragaro Ihuriro rya 17 ry’uyu muryango. Mu ijambo rye , Madamu Jeannette Kagame yahaye ikaze abitabiriye Ihuriro rya 17 rya Unity Club Intwararumuri avuga ko ibimaze kugerwaho nyuma…

Read More

Gicumbi : Polisi iri gushakishanya uruhindu umushoferi uherutse gukora impanduka yishe abantu babiri agahita atoroka !

Polisi y’u Rwanda iri gushakisha umushoferi uherutse gukorera impanuka mu karere ka Gicumbi igahitana abantu babiri barimo umukobwa n’umusore ndetse n’undi ahita akomereka bikabije agahita atoroka . Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo humvikanye inkuru y’incamugongo y’impanuka y’imodoka yabereye mu karere ka Gicumbi yahitanye umukobwa n’umusore bari bayirimo, gusa uwari uyitwaye akibona ibibaye yahise atoroka. ubuyobozi…

Read More

Kigali : Polisi y’u Rwanda iri kwigira hamwe ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ihuza abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku rwego rw’igihugu, abayobora amashami atandukanye n’amashuri ya Polisi y’u Rwanda n’abayobora Polisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, intara n’uturere yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Umutekano…

Read More

Nigeria : Umutwe w’Inyeshyamba Zitwa Lakurawas watangiye gufata urundi rwego !

Igisirikare cya Nijeriya cyatangaje ko havutse umutwe mushya w’inyeshyamba witwa Lakurawas zirimo gucengera muri icyo gihugu zinyuze mu karere k’amajyaruguru ashyira uburengerazuba bwacyo. Izi nyeshyamba biravugwa ko ziri guturuka muri Nijeri na Mali ndetse Umuvugizi w’ingabo za Nijeriya, Jenerali Majoro Edward Buba, yavuze ko uyu mutwe ufitanye isano n’ikorera mu karere ka Sahel ukaba ugaragara…

Read More

Asaga miliyoni 861 amaze gucibwa abanyereje umutungo wa Leta mu mezi atanu gusa !

Umushinjacyaha Mukuru Havugiyaremye Aimable yatangaje ko abanyereza umutungo wa leta batazigera bihanganirwa, ko ahubwo bakomeje gukurikiranwa no guhanwa ndetse n’amafaranga banyereje akagaruzwa. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta iheruka kugaragaza ko mu mwaka ushize w’ingengo y’imari, amafaranga yakoreshejwe nabi yageze kuri miliyari 8.6 z’amafaranga y’u Rwanda avuye kuri miliyari 5.6 mu mwaka wabanje. Mu kiganiro…

Read More

Ambasade y’u Rwanda muri Mozambique yafunze imiryango

kuri uyu wa gatatu Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade muri Mozambique, byafunzwe mu gihe cy’iminsi ibiri, kubera ibikorwa by’imyigaragambyo iteganyijwe i Maputo ishobora kwibasira Abanyarwanda. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe mu kiganiro yagiranye na RADIOTV10 kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Ugushyingo 2024. Ni nyuma yuko…

Read More

Tariki ya 6 / Ugushyingo mu mateka : Afurika yepfo yafatiwe n’umuryango w’Abibumbye ibihano bikomeye cyane !

Tariki 06 Ugushyingo ni umunsi wa 311 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 55 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu by’ingenzi byaranze uyu munsi 1999: Abaturage ba Australia bemeje ko umuyobozi w’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza (Head of the Commonwealth) ababera umukuru w’igihugu.Aya matora yabaye binyujijwe muri kamarampaka yakozwe n’abaturage bose. 1985: Itangazamakuru rya…

Read More