daily

U Bubiligi bwahamijwe ibyaha byibasiye inyoko muntu bwakoreye muri DRC

Leta y’u Bubiligi yahamijwe gukora ibyaha byibasiye inyoko muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gutandukanya abana batanu n’ababyeyi babo mu gihe cy’ubukoloni, hagati y’umwaka wo mu 1948-1953.  Urukiko rw’Ubujurire rw’u Bubiligi rwasohoye umwanzuro ku wa Mbere tariki 2 Ukuboza 2024, ruvuga ko ibyo abana batanu bakorewe byari “igikorwa kitari icya kimuntu,” kikaba…

Read More

Perezida Kagame amaze kwemeza Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mushya !

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 3 Ukuboza 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Madamu Domitilla Mukantaganzwa nk’umuyobozi mukuru mushya w’Urukiko rw’Ikirenga, asimbuye Dr. Faustin Ntezilyayo wari umaze imyaka itanu ku buyobozi bw’uru rukiko. Aya makuru Daily box  irayacyesha Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uwo munsi. Muri iryo…

Read More

Perezida Kagame asaba ko ibihugu bidatanga imisanzu mu muryango wa EAC bifatirwa ibihano

Perezida Paul Kagame yagaragaje impungenge z’uko hari bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bitatanga imisanzu, asaba ko hakorwa ingamba zirimo ibihano ku bihugu bibuze gutanga umusanzu wemewe. Kagame yabisabye ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, mu nama ya 24 y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yabereye i Arusha muri Tanzania. Mu ijambo rye,…

Read More

Minisitiri Dr. Utumatwishima yasuye abahanzi bategura icyitwa ‘Unveil Festival’ !

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yakiriye abahanzi bari mu myiteguro yo gukorera igitaramo mu iserukiramuco rya ‘Unveil Festival’, ryubakiye ku muziki gakondo.  Dr.Utumatwishima yagiranye ibiganiro n’abahanzi b’ibyamamare mu njyana ya Gakondo, barimo Ruti Joël, Victor Rukotana, na Chrisy Neat, asaba ko igitaramo cyabo kizaba gikurikije gahunda, kigakorerwa mu buryo burangwa n’ikinyabupfura, isuku…

Read More

Gisagara : Minisiteri y’ubuzima yamaze guhana abagize uruhare mu gupakira sima muri Ambulance

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze  hamaze guhanwa abagize mu gikorwa giherutse gucaracara  ku mbuga nkoranyambaga aho ’imbangukiragutabara iri gupakirwamo imifuka ya sima. Mu masaha akuze yo ku munsi wejo ku wa mbere tariki ya 25 / ugushyingo / 2025 nibwo  hatangiye gukwirakwizwa aya mashusho ku mbuga nkoranyambaga , aho benshi bakoresha izi mbuga bibazaga…

Read More

ICC yashyiriyeho impapuro zo guta muri yombi abarimo Benjamin Netanyahu

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rwashyiriyeho impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu hamwe na mugenzi we Yoav Gallant wahoze ari minisitiri w’ingabo, akaba n’umuyobozi w’igisirikare cya Hamas kubera ibyaha by’intambara rubashinja . Kuri uyu wa kane, nibwo Netanyahu n’uwahoze ari Minisitiri w’ingabo, Yoav Gallant bashyiriweho izi mpapuro zo kubata muri yombi…

Read More

Ngoma : Nduwamungu Pauline uherutse kwica urw’agashinyaguro yasezeweho bwa nyuma !

kuri uyu wa Kane tariki 21 Ugushyingo 2024 Pauline Nduwamungu warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi uherutse kwicwa urubozo i Rukumberi mu karere ka Ngoma, yasezeweho bwa nyuma anashyingurwa mu irimbi rya Rukumberi, uyu wari umuhango witabiriwe n’ingeri z’abantu zitandukanye. Abitabiriye uyu muhango wo gusezera umubyeyi witwa Nduwamungu Pauline uheruka kwicwa aciwe umutwe mu Murenge wa Rukumberi…

Read More

Kazungu Claver uherutse gusezera kuri Radio Tv10 yatangajwe nk’umunyamakuru mushya wa Radiyo Fine Fm

Umunyamakuru w’imikino Kazungu Claver yamaze gutangazwa nk’umunyamakuru mushya wa Radiyo ya Fine Fm ivugira ku murongo wa 93.1fm nyuma y’iminsi mike atangaje ko asezeye ku gitangazamakuru cya Radiyo 10 yari amazeho igihe kingana n’imyaka ine . tariki ya 15 Ugushyingo 2024, ni bwo Kazungu yanyujije ubutumwa bwe ku mbuga nkoranyambaga ze atangaza ko kubera impamvu…

Read More