daily

Kigali : QA Venue Solutions Rwanda yerekanye amahirwe mu micungire y’Icyanya Cy’Imikino n’Imyidagaduro i Remera

Ikigo QA Venue Solutions Rwanda, gishinzwe imicungire y’inyubako za siporo ziri i Remera na Pariki ya Nyandungu, cyerekanye amahirwe ari mu bikorwa byo kubyaza umusaruro icyanya cy’imikino n’imyidagaduro kiri muri uyu mujyi.  Iki gikorwa cyabereye mu nama yahuje bamwe mu bagize Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF), aho hagarutswe ku buryo inyubako ziri muri aka gace,…

Read More

Gisozi : Habaye impanuka ikomeye yatewe gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe

Mu Gakiriro ka Gisozi, habaye impanuka ikomeye yatewe no gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe yavaga i Nduba , iyi Impanuka yabaye ubwo iyo modoka yacikaga feri ikagonga ibinyabiziga byari biparitse mu muhanda, aho abakomeretse bari umunani mu buryo bworoshye n’abandi babiri bakomeretse bikomeye. Ubuyobozi bw’Akagari ka Musezero, aho iyi mpanuka yabereye, bwatangaje ko nta muntu…

Read More

Ngororero : umugabo yabeshye ko ubugabo bwe bwarigise !

Mu karere ka Ngororero, umurenge wa Matyazo, akagari ka Rwamiko ho mu mudugudu wa Rwamiko, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Marcel, ushinjwa guhimba ikinyoma gikomeye cy’uko ubugabo bwe bwaburiwe irengero. Iyi nkuru ikomeje kugirirwa impaka, aho abaturanyi n’abantu bamuzi neza bavuga ko ibyo yavuze ari ukuri, mu gihe we ubwe akomeje kubihakana. Abaturanyi ba Marcel bavuga…

Read More

USA : Ibisigazwa bya Dinezoro bifite agaciro ka Miliyari 56 z’amafaranga y’u Rwanda byerekanywe i New York

Mu mpera z’iki cyumweru, mu Mujyi wa New York hazatangira kugaragara ibisigazwa by’agaciro ka Miliyali 56 z’amafaranga y’u Rwanda bya Dinezoro yo mu bwoko bwa Stegosaurus.  Ibi bisigazwa byahawe izina rya Apex, bikaba byarabonywe ku buryo bwihariye n’abashakashatsi b’Inzu Ndangamurage y’Ubuhanga bwa Siyansi ya Amerika. Apex ifite uburebure bwa metero 3.3 (11 feet) kandi ikaba…

Read More

Umuhanzi Weasel yisize insenda kuri Chagga wakubise Umugore We, Teta Sandra

Kampala, Uganda – Umuhanzi Weasel, uzwi cyane mu itsinda rya Good Lyfe, yatangaje ko atazababarira uwitwa Chagga, wahoze ari umujyanama w’iri tsinda, yakubise umugore we Teta Sandra. Ibi byatangajwe mu gihe hagaragaye amashusho ku mbuga nkoranyambaga yerekana uburyo Chagga na Teta Sandra bateranye amagambo, nyuma yuko Chagga akubita umugore we mu maso, ibintu byateje impaka…

Read More

Kigali : Abagenzi batangiye kwishura hakurikijwe urugendo bakoze

Kigali, 5 Ukuboza 2024 – Mu Mujyi wa Kigali, abagenzi batangiye kwishyura amafaranga angana n’urugendo bakoze muri gahunda iri mu igerageza, aho umuntu udakoze urugendo rwose atanga amafaranga ahwanye n’umwanya yari amaze mu modoka. Ubu buryo bwatangijwe ku wa Gatatu, tariki 04 Ukuboza 2024, nyuma y’itangazo ryashyizweho n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo…

Read More

Kendrick Lamar hamwe n’indirimbo ye yitwa ‘Not Like Us’ bamaze gushyiraho amateka adasanzwe

Umuraperi w’icyamamare Kendrick Lamar yongeye gusekerwa n’amahirwe mu muziki, aho indirimbo ye nshya  izwi nka ‘Not Like Us’ imaze kuba igisonga ku rutonde rw’indirimbo zikunzwe ku isi, muri iki cyumweru cyayo cya mbere kuri Billboard Hot 100, ndetse no ku rutonde rwa Apple Music mu mwaka wa 2024.  Iyi ndirimbo yagiye ifata intera ikomeye mu…

Read More

Dr. Edouard Ngirente, yibukije abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro intego ya Guverinoma

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yibukije abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ko Guverinoma y’u Rwanda ifite intego yo kuzamura umusaruro w’ubu bucukuzi, ngo bujyane no kwinjiza miliyari 2,17 z’amadolari y’Amerika mu 2029, bigere ku rugero rwa miliyari 1,1 z’amadolari y’Amerika zariho muri iki gihe.  Ibi yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukuboza…

Read More