daily

Muhire Kevin ashobora gusohoka muri Rayon sports isaha ku isaha

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin, ashobora gutandukana n’iyi kipe mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rizaba rifunguye muri Mutarama 2025, bivugwa ko hari amakipe yo mu Bihugu by’Abarabu ari kumurambagiza, akaba anamaze igihe ari mu biganiro na yo. Amakuru yizewe ava mu kinyamakuru Kigali Today avuga ko Muhire yamaze kuganira n’ubuyobozi bwa Rayon…

Read More

Rayon Sports yakoze ihererekanya bubasha hagati ya komite icyuye igihe na komite nshya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukuboza 2024 ku biro bya Rayon Sports habaye ihererekanya bubasha hagati ya komite icyuye igihe yari ihagarariwe n’uwari Visi Perezida Roger Aimable NGOGA na komite nshya ihagarariwe na Perezida Thaddée TWAGIRAYEZU. Iri hererekanya bubasha ryakurikiwe no gushimira Patrick NAMENYE wari umunyamabanga wa Rayon Sports mu myaka…

Read More

Kubura ubutabera kwa bamwe nibyo byavuyemo amateka yacu ababaje : perezida Kagame

Kuri uyu wa Kane tariki 12 Ukuboza 2024 , ubwo yari imbere ya Perezida wa Repubulika Domitilla Mukantaganzwa uherutse kugirwa Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga  yarahiriye abanyarwanda kuzasohoza inshingano  yahawe kandi akabikora mu nyungu z’abanyarwanda muri rusange . Mu minsi ishize  nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubilika Paul Kagame aherutse kugira Domitilla Mukantaganzwa Perezida mushya w’Urukiko rw’Ikirenga naho …

Read More

Ese ni iki kihishe inyuma yo guhura kwa Butera Knowless na Yago Pondat ?

Butera Knowless yashyize ahagaragara amashusho amwerekana yishimanye n’umuhanzi Nyarwaya innocent wamenyekanye nka Yago Pondat  ubwo bahuriraga mu gihugu cya Uganda uyu muhanzikazi ari kubarizwamo kuri ubu . Ni Butera Knowless, ugiye kongera gutaramira muri Uganda, yaherukaga gutaramiramo mu myaka irindwi ishize. Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki 10 Ukuboza 2024 nibwo uyu muhanzikazi nyarwanda…

Read More

UCL :Ikipe ya Juventus imaze guhuhura Man City

Mu kanya gashize ikipe ya Manchester city imaze gutsindwa n’ikipe ya Juventus ibitego bibiri ku busa mu mikino ya champions League byanatumye amahirwe yayo yo kugandagiza ikirenge mu cyiciro cya kimwe cy’umunani cy’irangiza cy’iri rushanwa ayoyoka . Ibitego bya Dusan Vlahovic na Weston McKennie ni byo bitandukanije impande zombi ndetse binahesha amanota atatu ikipe ya…

Read More