daily

Nyamasheke : RIB yataye muri yombi umunyeshuri wa Kaminuza washate gutekera umutwe ababyeyi be !

Umusore w’imyaka 21  witwa Kamanzi Donton  wiga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza ya Tumba College of Technology, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo gutahurwa ko yatetse imitwe y’ubujura kugira ngo abone amafaranga yo guhahisha.  Uyu musore ukomoka mu Murenge wa Bushenge, mu Karere ka Nyamasheke, yafashwe nyuma y’aho yari yabeshye ko…

Read More

Abarimo umuyobozi wa OMS barokotse urupfu ubwo bari muri Yemen

Ku wa kane, umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) n’abandi bakozi ba Loni  barokotse urupfu ubwo bari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Yemeni i Sanaa  cyagabweho ibitero by’indege bya Isiraheli bivugwa ko byahitanye byibuze abantu batandatu. Umuyobozi mukuru wa OMS, Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko ubwo bari bagiye kurira indege  ibi bitero byahise…

Read More

Abanyeshuri 40 barimo abari bagiye kujya ku isoko ry’umurimo basanzwe ari baringa

Abanyeshuri  bagera kuri 40, barimo abigaga  mu ishami ry’ubuvuzi, birukanwe muri kaminuza  ya Mbuji-Mayi muri DRC  bashinjwa gukoresha uburiganya na ruswa kugira ngo babone uburyo bwo kwimukira mu ishuri rikurikiyeho . Aba banyeshuri bivugwa ko ubuyobozi bw’iyi kaminuza bwahisemo kubasetuza nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse  bwakozwe nibura guhera ku wa mbere, 23 Ukuboza  bugakorerwa mu nyandiko z’amanota…

Read More

Lubero : Sosiyete Sivile iratabariza abaturage bakomeje guhohoterwa na M23

Ku wa gatanu, tariki ya 20 Ukuboza ,  Ubuyobozi bwa Sosiyete sivile ikorera mu gace ka Lubero mu ntara  ya Kivu ya Ruguru muri Repubulika iharanira Demokorasi ya Kongo bwatangaje ko ibihumbi by’abaturage basinzwe ihereheru nyuma y’intambara zihora zishozwa n’umutwe wa M23 . Ibi ubuyobozi bw’uyu muryango bubitangaje nyuma yuko Perezida w’uyu muryango uharanira ubwisanzure…

Read More

Ubuyobozi bwa Rayon sports bwiyemeje kugura abandi bakinnyi

Ku munsi wejo , tariki ya 20 /Ukuboza / 2024 ,Komite yaguye ya Rayon Sports yakoze inama yamurikiwemo Raporo y’uko umuryango uhagaze ubu , baniyemeza kuzongeramo abandi bakinnyi mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama . Iyi nama kandi yanagaragajwemo Raporo y’ibikorwa by’amezi asigaye ngo umwaka w’imikino 2024-25 urangire, n’ingengo y’imari isabwa. Nkuko amakuru…

Read More