daily

Burera : Umubyeyi yatumye Gen . James Kabarebe kuri Perezida Kagame

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025 Umubyeyi wo mu Karere ka Burera, yasabye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen.(Rtd) James Kabarebe kuzamushimirira Perezida Kagame ndetse akanamubwira ko abageze mu zabukuru bamushimira byimazeyo, kuba abafasha kugira amasaziro meza. Ibi Gen (Rtd) James Kabarebe yabibwiye kuri uyu wa Gatanu ubwo yatangizaga ubukangurambaga…

Read More

Today In History : Leopold II we ubwe yitangarije yo Kongo [Zaire] ari umutungo we bwite

Tariki ya 5 Gashyantare ni umunsi wa 36 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 329 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 789 : Ubwami bwa Maroc bwaravutse ndetse uwitwa Idris aba umwami wa mbere w’ubu bwami . 1778 : Leta ya Carolina y’amajyepfo yabaye leta ya kabiri…

Read More

Ntago nzigera nkura ingabo zange muri DRC hakiri imirwano : Ramaphosa

Perezida wa Afurika y’Epfo yatangaje ko atazigera akura ingabo z’igihugu cye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gihe hakirangwamo intambara ndetse n’imyivumbagatanyo ya politiki. Kuri Ramaphosa , avuga ko abasirikare b’igihugu cye bazava muri DRC bitewe n’ingamba zizaba zashyizweho zigamije kugarura amahoro arambye mu Burasiraziba bw’iki gihugu ngo cyangwa igihe hazaba hemejwe agahenge kagomba…

Read More

U Rwanda rwashinje Afurika y’Epfo kwitwaza gufasha DRC kugirango yibonere amabuye y’agaciro

Leta y’u Rwanda yamaganye ubufatanye bwa gisirikare buri hagati y’ingabo z’Afurika y’Epfo ndetse n’ingabo za DRC ndetse inavuga ko Afurika yepfo yitwaje impamvu zo kurinda umutekano muri Kongo kugirango yisahurire umutungo kamere muri DRC. U Rwanda ruvuga ko Afurika y’epfo iri gukoresha igisirikare mu gutanga ubufasha kuri leta ya DRC iyobowe na Felix Tshisekedi bakitwaza…

Read More

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko ryahagaritse imirwano

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko kuva ku itariki ya 04 Gashyantare 2025 rihagaritse imirwano kugirango ribanze rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bari mu duce bamaze kwigarurira . M23 yafashe uyu mwanzuro mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo inama idasanzwe igomba guhuriza ku meza y’ibiganiro abarimo Perezida Kagame ndetse…

Read More

🛑Rwanda Music Billboard🛑 : Abarimo Bruce Melody , Zuba Ray na Kevin kade bakoze ibidasanzwe

Kuri iki cyumweru , tariki ya 2 Mutarama 2025 , ikinyamakuru Daily Box cyasohoye urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo  ijana zakunzwe mu gihugu  mu kwezi gushize kwa Mutarama . Reka turebere hamwe iby’ingenzi kuri uru rutonde rutegurwa rukanatunganywa n’inzobere mu muziki nyarwanda zirimo abareberera inyungu za bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda , abanyamakuru bakomeye b’imyidagaduro ,…

Read More