Burera : Umubyeyi yatumye Gen . James Kabarebe kuri Perezida Kagame
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025 Umubyeyi wo mu Karere ka Burera, yasabye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen.(Rtd) James Kabarebe kuzamushimirira Perezida Kagame ndetse akanamubwira ko abageze mu zabukuru bamushimira byimazeyo, kuba abafasha kugira amasaziro meza. Ibi Gen (Rtd) James Kabarebe yabibwiye kuri uyu wa Gatanu ubwo yatangizaga ubukangurambaga…