Uburayi bwasabwe gufatira ibindi bihano bikomeye leta y’u Rwanda na M23
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wanenze umuryango w’ubumwe bw’iburayi uburyo witwaye mu kibazo cy’umutekano muke uri kubarizwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse unavuga ko kuba ntacyo wigeze ukora byatije umurindi ibikorwa bibi by’umutwe wa M23 wavuze ko ufashwa na leta y’u Rwanda . Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa kabiri tariki…