daily

Uburayi bwasabwe gufatira ibindi bihano bikomeye leta y’u Rwanda na M23

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wanenze umuryango w’ubumwe bw’iburayi uburyo witwaye mu kibazo cy’umutekano muke uri kubarizwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse unavuga ko kuba ntacyo wigeze ukora byatije umurindi ibikorwa bibi by’umutwe wa M23 wavuze ko ufashwa na leta y’u Rwanda . Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa kabiri tariki…

Read More

Abashakaga intambara yacu n’ u Rwanda basubize amerwe mw’isaho : Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste yatangaje ko nyuma yo kugirana ibiganiro n’ibindi bihugu mu nama y’Afurika yunze ubumbwe nta ntambara izigera ihuza igihugu cye n’u Rwanda mu gihe hari hamaze iminsi hatutumba umwuka mubi muri dipolomasi ku mpande zombi . Perezida Ndayishimiye uri kubarizwa mu mujyi wa Addis Ababa mu nama ya 38 y’Umuryango w’Afurika…

Read More

Gasabo : Umukozi wo rugo yiyemereye ko yishe umwana yareraga amuziza kwiyanduza

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko umwana w’imyaka 15 yiyemeye ko yahitanye ubuzima bw’umwana w’imyaka 2 yareraga nyuma yuko yagize umujinya w’umuranduranzuzi yatewe nuko yasanze uyu mwana yiyanduje bikabije akimare kumwoza . Uyu mwana w’umuhungu uregwa kwivugana uyu mwana w’imyaka 2 yaregaga avuga ko yabitewe n’uburakari bukabije yagize nyuma yuko hari hashize igihe gito amaze kumwoza…

Read More

Perezida Macron yategetse M23 kuva muri Bukavu

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nyuma yo kugirana ibiganiro na Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda yategetse ko imirwano ihanganishijemo umutwe w’inyeshyamba za M23 na FARDC igomba guhita ihagarara ndetse M23 ikavana ingabo zayo muri Bukavu vuba . Ku munsi wejo tariki ya 15 Gashyantare nibwo perezida Emmanuel Macron yagiranye ibiganiro na Tshisekedi ku kibazo…

Read More

#Today in History : Twinjirane mu byaranze tariki ya 16 Gashyantare mu mateka

600 : Papa wa Kiziliya gatolika witwaga Gregori yashyizeho itegeko ryemeje ko ijambo ‘imana iguhe umugisha ‘ariryo rizajya risubizwa uwitsamuye ku isi ndetse anashyiraho ibihano bikomeye ku bafite imyimerere ya gatolike batabyuhirizaga . 1349 : Ubwoko bw’Abayahudi bwirukanwe mu gace ka Burgdorf mu gihugu cy’Ubusuwisi bashinjwa kugenda bakwirakwiza ubwandu bw’icyorezo cya Bubonic . 1468 :…

Read More

Kayonza : Muvunyi Paul uri mu buyobozi bwa Rayon sports aravugwaho kwambura abaturage

Mu karere ka Kayonza haravugwa inkuru y’abaturage basaga 12 bavuga ko bambuwe amafaranga y’imibyizi y’akazi bakoreye muri Hoteli ya Akagera Safari Camp y’umushoramari akaba n’umuyobozi wa Rayon Sports witwa Muvunyi Paul . Aba baturage batangaza aka karengane kabo batuye mirenge ya Rwinkwavu na Kabare muri aka karere , aho bakomeza gutunga agatoki uyu munyemari unafite…

Read More

Tariki ya 14 Gashyantare mu mateka : Hatangiye kwizihizwa umunsi wa Saint Valentin

Inkomoko y’umunsi wa Saint Valentin Muri Kiliziya Gatolika, habayeho ba Valentin 3 batandukanye bagiye bagirwa abatagatifu (saints) kubera ukwemera kwabo kutajegajega kwatumye bicwa nk’abahowe Imana (martyrs) n’ingoma z’igitugu zayoboraga Roma icyo gihe, hari mu kinyejana cya 3. Muri aba ba Valentin 3 rero, uwitirirwa uriya munsi ni Valentin w’i Roma, bivugwa ko ku ngoma y’umwami…

Read More