daily

M23 yahishuye ko DRC n’u Burundi bari gutegura intambara yagutse izototera akarere kose

Umutwe wa M23 uburizwa mu ihuriro rya AFC wamaganye ndetse unasaba ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’imitwe bafatanije irimo Wazalendo guhagarika ibitero bikomeje kwibasira abasivili ndetse unavuga ko ibi bikorwa bya FARDC bibangamira igihe cy’agahenge kemerenijwe n’impande zombi . Uyu mutwe w’inyeshyamba wavuze ko ubufatanye bwa FARDC , Wazalendo n’umutwe wa FDLR ugizwe…

Read More

Luxembourg yatindije ifatwa ry’ibindi bihano by’uburayi ku Rwanda

Igihugu cya Luxembourg cyatumye hashyirwaho igihe cy’inyongera mu ifatwa ry’Umwanzuro w’Uko umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’Iburayi ugomba gufatira u Rwanda ibindi bihano bikomeye kubera uruhare n’ubufasha rugenera umutwe wa M23 ukomeje guhungabanya umutekano mu Burasirazuba bwa Kongo , nubwo u Rwanda rudahwema guhakana ibyo birego. Ibihano byitezwe ko bigomba kongera gufatirwa u Rwanda biri kumeza ndetse…

Read More

DRC : Abantu 50 bamaze gupfa bazize indwara y’amayobera

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu basaga 50 bamaze kwitaba imana bazize indwara y’amayobera muri uku kwezi gusa . Aba basaga 50 bahitanywe n’iyi ndwara baturuka mu duce tw’amajyaruguru ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu .uwitwa Serge Ngalebato usanzwe ari umuyobozi w’ibitaro by’ahitwa Bikoro we yemeje ko iyi ndwara iteje impungenge zikomeye…

Read More

Munyenyezi Beatrice ushinjwa ibyaha bya Jenoside yahakanye ibyo kuba yarigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mu 1994

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukurikirana ibyaha byambukiranya imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo rwakomeje kumva ishingiro ry’ubujurire bwa Beatrice Munyenyezi wajuririye igifungo cya burundu yakatiwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 . Abashinjaga Munyenyezi batangaje ko uyu mugore yigaga muri Kaminuza y’u Rwanda mbere ya jenoside nubwo we abihakana…

Read More

Ingamba z’ibihano ntacyo zimarira DRC : u Rwanda ku bihano rwafatiwe

Guverinoma y’u Rwanda imaze gutangaza ko ibabajwe n’uruhande Ubwongereza bwahisemo gufata mu kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa DRC nyuma yuko iki gihugu cy’igihangange gifatiye u Rwanda ibihano bikomeye birimo kuruhagarikira inkunga . Mu itangazo ryashizwe ahagaragara na leta y’u Rwanda ryaje rikurikira itangazwa ry’ibi bihano ku Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu…

Read More

U Bwongereza bwahagaritse inkunga bwahaga u Rwanda kubera gufasha M23

Ubwami bw’Ubwongereza bwatangaje ko bwamaze gufatira ibihano u Rwanda birimo guhagarika inkunga zose bwatangaga kubera gufasha umutwe wa M23 ukomeje guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Mu itangazo bwashyize ahagaragara mu ijoro rya tariki ya 25 / Gashyantare /2025 , Ubwongereza bwatangaje ibi bihano bwafatiye u Rwanda birimo guhagarika inkunga…

Read More

UCL : Pep Guardiola amaze gusa nk’uwisubiraho ku magambo yavuze kuri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya Manchester city, Joseph “Pep” Guardiola, yatangaje ko yateraga igisa nk’inkuru yo gusetsa, ubwo yavugaga ko ikipe ye ifite amahirwe angana na 1% ku kuba yakwigaranzura ikipe ya Real Madrid, gusa yanyujijemo avuga ko nubwo babona intsinzi babizi neza ko, bigomba kubasaba ingufu nyishi cyane. Iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Manchester, igomba…

Read More

Twinjirane mu byaranze uyu munsi tariki ya 20 Gashyantare mu mateka

1547 : Umwami Eduwari VI w’Ubwami bw’Ubwongereza yambitswe ikamba nyuma y’urupfu rwa se Henry VIII . 1737 : Uwari Minisitiri w’imari w’Ubufaransa witwa Chauvelin yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu na rubanda kubera imikorere mibi . 1811 : Igihugu cya Otirishe cyatangaje ko nta faranga na rimwe cyari gisigaranye mu isanduku yacyo bizwi…

Read More