daily

M23 yahaye ubutumwa bukomeye abasize bakoze jenoside bakomeje kwihishahisha muri DRC

Umutwe wa M23 wahamagariye inyeshyamba ndetse n’ingabo z’amahanga zikiri kubarizwa mu burasirazuba bwa Kongo byumwihariko izasize zihekuye u Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wo mu 1994 kumanika amaboko bagasubira mu bihugu bakomokamo . Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC / M23 bwatangarije ibi mu muhango wabereye ku mupaka wa Rubavu , aho M23…

Read More

U Rwanda rwanenze inyifato n’uruhande rwafashwe na Suwede ku kibazo cya DRC

Ambasade y’u Rwanda muri Suwede yanenze uruhande n’inyifato ubuyobozi bw’iki gihugu bwahisemo kugaragaraza mu kibazo cy’umutekano muke ukomeje kubarizwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse no kureberera ubwicanyi buri gukorerwa abanyekongo bo mu bwoko bw’abatutsi . Ibi byatangarijwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara Ku munsi wejo ku kane tariki ya 27 Gashyantare , aho Ambasade…

Read More

Muhanga : Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we bakanabyarana

Umugabo w’imyaka 52 utuye mu karere ka Kamonyi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya we w’umukobwa ndetse baza no kubyarana abana babiri umuhungu n’umukobwa . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwatangaje ko bukurikiranye umugabo ufite imyaka 52 ukekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’imyaka 14 bakavaho bakanabyarana . Uyu mugabo ukirikiranyweho gukora aya marorerwa atuye…

Read More

Gasabo : Umukobwa arashinjwa kubyara agata uruhinja mu musarane

Mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wataye umwana we yari amaze kubyara mu musarani ndetse akaba yarabifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wari waramuteye inda . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwakiriye ikirego cy’umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 ukirikanyweho icyaha cyo kwiyicira umwana yabyaye amunigishije igitambaro hanyuma akamuta mu bwiherero…

Read More

M23 yasabwe ikintu gikomeye n’umuyobozi w’ibikorwa by’umutekano bya LONI

Umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’Umuryango w’abibumbye bishinzwe kubungabunga amahoro ku isi , Jean Pierre Lacroix yahamagariye abagira uruhare mu guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Kongo kuzirikana kubuha ubusugire bwayo . Ibi La Croix yabitangaje ku mu munsi wejo tariki ya 27 Gashyantare ubwo yageraga mu mujyi wa Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri…

Read More

Ni iki twakitega ko kiva mu nama ya EAC na SADC igiye kubera i Harare ?

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Gashyantare i Harare muri Zimbabwe hateganijwe inama ihuriweho ku rwego rw’abaminisitiri b’ibihugu binyamuryango bya SADC na EAC yitezweho kwigirwamo byinshi biganisha ku mahoro arambye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Muri iyi nama hanateganijwe ko hagomba gushakwa uburyo bwo guhuriza hamwe ingamba zavuye muri gahunda y’inzira ya…

Read More

Umushinjacyaha wa ICC yaciye amarenga y’ibindi bihano bikarishye bishobora kongera gufatirwa u Rwanda

Umushinjacyaha w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha [ICC ] witwa Karim Khan wari mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo rugamije kugenza ingaruka z’ibyaha byakozwe n’umutwe M23 we yavuze ko ufashwa na Leta y’u Rwanda yatangaje ko hakwiye guhita hajyaho agahenge k’igihe kirekire k’imirwano hagati ya M23 na FARDC . Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ryo muri DRC…

Read More