daily

Perezida Kagame yashimangiye ko abashyiriraho ibihano u Rwanda ari bo bagahanwe

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibihugu by’ibihangange byungukira muri politike mbi yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo hanyuma bigakomeza gushyira ibihano ku Rwanda nk’urwitwazo . Perezida Kagame yatangarije ibi mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru uri mu bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga nka X na Youtube Mario Nawfal cyibanze ahanini ku kibazo cy’umutekano muke uri kubarizwa…

Read More

Uburayi ntago ari bwo bugomba gusigara budafatiye u Rwanda ibihano : Thierry Mariani

Umudepite uhagarariye Ubufaransa mu nteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi Mariani Thierry yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi utagomba gukomeza ko ari wo usigaye mu gufatira u Rwanda ibihano . Ibi Thierry yabitangarije mu ijambo rye yavugiye mu isozwa ry’uruzinduko rw’akazi yagiriye mu murwa mukuru Kinshasa yagiriye muri iki gihugu yanahuyemo na Perezida Tshisekedi Felix . Avuga…

Read More

USA yijeje DRC ubufasha bukomeye bwo kurwanya M23

Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo , Madame Lucy Tamlyn yongeye gushimangira ko igihugu cye gishyigikiye abaturage ba Kongo ndetse no kurindwa k’ubusugire bwayo . Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X , ku munsi wejo tariki ya 7 werurwe , Lucy yongeye gushimangira umuhate wa dipolamasi uri hagati…

Read More

Gasabo : Umugabo akurikiranyweho icyaha cyo gukubita umwanditsi w’urukiko

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwatangaje ko bwakiriye dosiye iregwamo umugabo wakubise  Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aramukomeretsa cyane. Ibyo byabaye tariki ya 27 Gashyantare 2025 ku Rukiko rw’Ibanze rwa gasabo ruherereye mu mudugudu wa Rugero, akagali ka Kibagabaga, umurenge wa Kimironko, mu karere ka Gasabo ubwo  uyu muturage yari aje gukurikirana iby’urubanza rwe. …

Read More

DRC yashyizeho miliyoni 5 z’amadolari ku uzatanga amakuru yo guta muri yombi abarimo Cornielle Nangaa

Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yashyizeho igihembo cya Miliyoni 5 z’amadolari ku muntu uwo ari wese uzajyira uruhare mu itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 bayobowe na Cornielle Nangaa Yobeleu . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubutera ya DRC ku munsi wejo tariki…

Read More

Mozambique : abantu 16 bakomereye mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi buriho

Kuri uyu wa kane tariki ya 6 werurwe 2025 , Imiryango itegamiye kuri leta yo muri Mozambique yatangaje ko abantu basaga cumi na batandatu bakomerekeye mu bikorwa bya polisi y’iki gihugu byo guhosha imyigaragambyo y’abashyigikiye umuyobozi witwa Venancio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho . Amakuru dukesha ikinyamakuru The East African yemeza ko mu gitondo cyo…

Read More

Gasabo : Umusore yemeye ko yasambanije umwana w’umukobwa ndetse anamutera inda

Umusore w’imyaka 22 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya mu bihe bitandukanye umwana w’umukobwa w’imyaka 16 akamutera inda yemeye icyaha ndetse anagisabira imbabazi . urukiko rwisumbuye rwa Gasabo nirwo rwaburanishije uru rubanza ruregwamo uyu musore wasambanije uyu mwana w’imyaka 16 y’amavuko bikarangira amuteye inda ndetse magingo aya akaba anatwite . Uyu musore yari atuye mu murenge wa…

Read More

Joseph Kabila wayoboye DRC yashimangiye ko ingabo z’amahanga zigomba kuva muri iki gihugu

Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yifuza ko ingabo z’amahanga zibarizwa mu burasirazuba bw’iki gihugu zavanwayo ndetse hakanimakazwa inzira z’ibiganiro hagati y’impande zishyamiranye nk’umuti urambye w’ikibazo cy’umutekano muke muri iki gihugu . Ubwo yaganirizaga ikinyamakuru Digital News mu ntangiriro z’uku kwezi mbere yuko yerekeza muri Namibia aho yari yitabiriye…

Read More