Ubwongereza : Amb . Busingye Johnston yahagarariye u Rwanda mu birori bya Common Wealth
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Werurwe 2025 ,Ambasaderi Busingye Johnston yahagarariye u Rwanda mu birori byo kwizihiza Umunsi wahariwe Umuryango wa Commonwealth. Ibi birori byayobowe n’Umwami Charles III wavuze ko “Ubushobozi bwa Commonwealth bwo guhuza abantu baturutse ku Isi yose bwarigaragaje mu bihe bikomeye aho abantu bizera ko ibibatanya ari ibibazo aho kuba…