daily

Urukiko rwo muri Esipanye rwakatiye Carlo Ancelotti

Umunya-Brazil, Carlo Ancelotti yakatiwe n’urukiko rwo mu gihugu cya Esipanye igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza imisoro. Ancelotti ashinjwa kunyereza imisoro ikomoka k’umafaranga yinjije mu gucuruza izina rye n’amashusho ye(Image right) mu mwaka 2014 ubwo yari umutoza wa Real Madrid. Nubwo yakatiwe igifungo, ntazajyanwa muri gereza kubera ko amategeko ya Esipanye avuga…

Read More

Rayon sports igiye gusinyisha umutoza mushya nyuma ya rutahizamu yibitseho

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gusinyira rutahizamu ukomoka muri Congo Chadrack Bingi Belo yamaze no kumvikana n’umutoza ugomba kungiriza Afhamia Lotfi. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 09 Nyakanga 2025, Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo nibwo yatangaje ko yasinyishije uyu Munya-Repubulika ya Demokarasi ya Congo w’imyaka 20 akaba akina nka rutahizamu. Ni…

Read More

Newcastle United yasinyishije Anthony Elanga kuri Miliyoni £55

Ikipe ya Newcastle United yamaze kumvikana n’ikipe ya Nottingham Forest ku igurwa ry’umukinnyi w’umunya-Suwede Anthony Elanga ku kiguzi cya miliyoni £55. Amakuru yizewe yatangajwe na BBC Sport yemeza ko iri gurwa rishobora kurangira mu cyumweru turimo. Elanga, w’imyaka 23, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino wa 2024-2025 aho yatsinze ibitego bitandatu agatanga imipira 11 yavuyemo ibitego,…

Read More

Abakinnyi ba Arsenal batatu bari mu Rwanda

Abakinnyi batatu b’ikipe ya Arsenal y’abagore Katie McCabe, Caitlin Foord ndetse na Laia Codina bageze mu Rwanda aho baje muri gahunda y’umushinga wa ‘VISIT RWANDA ‘ ikipe yabo ifitanye n’u Rwanda. Aba bakinnyi ba Arsenal baje nyuma y’abakiniye Paris Saint Germain bahererutse gusesekara mu Rwanda, Didier Domi ndetse na Jay-Jay Okocha. U Rwanda rufitanye amasezerano…

Read More

Jhon Duran yerekeje muri Fenerbahce

Rutahizamu w’Umunya-Colombia Jhon Duran yamaze kwerekeza muri Fenerbahce yo muri Turikiya ku masezerano y’intizanyo y’umwaka umwe, nyuma y’amezi atandatu gusa avuye muri Aston Villa yerekeza muri Al-Nassr yo muri Saudi Arabia ku giciro cya miliyoni £71. Duran w’imyaka 21 yatsindiye Aston Villa ibitego 12 mu mikino 29 yayikiniye mu mwaka ushize, mbere yo kwerekeza muri…

Read More

BREAKING : João Pedro yerekeje muri Chelsea kuri miliyoni £50

Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yamaze kumvikana na Brighton & Hove Albion ku igurwa ry’umusore w’imyaka 23 ukomoka muri Brazil, João Pedro. Uyu rutahizamu wifuzwaga cyane n’amakipe atandukanye harimo na Newcastle United, yagaragaje ko yifuza kwerekeza gusa muri Chelsea, bituma ibiganiro hagati y’impande zombi byihuta. Amakuru yizewe agera kuri Daily Box yemeza ko Chelsea…

Read More

Barcelona yatangiye kwikiranura n’imyenda irimo n’iya Lionel Messi

Ikipe ya Barcelona igiye kwishyura amafaranga angana na miliyoni £5.95 yasigayemo Lionnel Messi ubwo yayisohokagamo mu mwaka wa 2021 akerekeza mu ikipe ya Paris Saint Germain mu Bufaransa. Mu bihe by’icyorezo cya Covid-19, Barcelona yahuye n’ibibazo by’ubukungu byatumye yegera abakinnyi bayo ngo bemere kuzishyurwa mu gihe cyizaza abenshi barabyemeye ukuyemo Frenkie de Jong na Marc-André…

Read More

Paul Pogba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Monaco nyuma yo guhagarikwa kubera imiti itemewe

Nyuma y’igihe kirekire kitari cyoroshye, Paul Pogba yongeye kugaruka mu kibuga cy’umupira w’amaguru mu buryo bwemewe n’amategeko, nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri n’ikipe ya AS Monaco yo mu Bufaransa. Uyu mukinnyi wahoze akinira Manchester United na Juventus, w’imyaka 32, yahagaritswe by’agateganyo muri Nzeri 2023 nyuma yo gusangwamo imiti itemewe (DHEA) ubwo yasuzumwaga ku mukino…

Read More

DR Congo na Rwanda Basinyiye Amahoro Arimo Urujijo: Ese Bizashoboka?

Mu mugoroba w’ejo hashize, Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda byasinyiye amasezerano y’amahoro yari ategerejwe na benshi, arimo ingingo ikomeye yo guhagarika intambara no kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro. Ibi ni intambwe ishimishije ku bagizweho ingaruka n’aya makimbirane, ariko igisigaye ni ukubibona bishyirwa mu bikorwa. Nubwo amasezerano avuga ko impande zombi…

Read More