U Rwanda rwahaye abadipolomate b’Ububiligi amasaha 48 yo kuba batashye
U Rwanda rumaze gutangaza ko rwahagaritse umubano rwari rufitanye n’igihugu cy’Ububiligi ndetse runategeka abadipolomate b’iki gihugu bakorerega i Kigali gusubira iwabo mu masaha atarengeje 48 uhereye igihe itangazo rigiriye ahagaragara . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda , Leta y’u Rwanda yatangaje ko yafashe iki cyemezo nyuma yo gusuzuma ingingo…