daily

Abakinnyi 3 bashya ba APR FC bitwaye gute ku rutonde rw’abakinnyi 100 beza mu Rwanda?

Kanda hano urebe “RWANDA BEST”[Urutonde rw’abakinnyi 100 beza mu Rwanda] y’uku kwezi. https://rwandabest.daily–box.com/ Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” mu kwezi kwa mbere yaguze abakinnyi batatu bo kuza kuyifasha guhangana na Rayon Sports ku ngingo yo gutwara Shampiyona ndetse n’igikombe cy’Amahoro. Abo barimo rutahizamu Cheick Djibril Ouattara , n’Abanya-Uganda babiri Denis Omedi na Hakim Kiwanuka, gusa umusaruro…

Read More

Sobanukirwa VISA yitwa ‘Schengen’ iguhesha kujya mu gihugu cyose ushaka mu Burayi

Visa ya Schengen ni visa itangwa na bimwe mu bihugu binyamuryango by’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ku bantu baturutse hirya no hino ku isi , aho yemerera umuntu uyibonye kwinjira no kugenda muri ibyo bihugu nta nkomyi. Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 27 bibarizwa ku mugabane birimo nka Germany, Austria, Belgium, Croatia, Czech Republic, Denmark,Finland, France, Greece, Hungary,…

Read More

Muhazi United yamaze gufatira ibihano Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ikipe ya Muhazi United ikina ikiciro cya mbere cy’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yamaze guhagarika Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ kubera ibyaha akekwaho bijyanye na Match Fixing aho mu majwi bivugwa ko ari aye yumvikanye asaba umukinnyi kwitsindisha. Mu majwi yasakaye mu bitangazamakuru by’u Rwanda ku munsi w’ejo wa tariki 17 Werurwe 2025, yumvikana asaba umukinnyi wa…

Read More

DRC yatangaje ko yishimiye ibihano bya EU ku bayobozi bakuru muri M23 na RDF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yishimiye ibihano bishya Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafatiye bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 nabo mu gisirikare cy’u Rwanda . Ku munsi wejo nibwo Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi bwemeje ko bamwe mu bayobozi b’umutwe wa M23 ndetse n’abandi batatu bo mu gisirikare cy’u Rwanda wabafatiye ibihano birimo…

Read More

Umukinnyi wa Young Africans ukomeye yahawe ipeti rya sergeant avuye kuri Corporal

Umukinnyi w’Umupira w’Amaguru ukomoka muri Tanzania Ibrahim Abdallah Hamad uzwi nka “Ibrahim Bacca” yamaze kuzamurwa mu mapeti ava kuri Corporal ajya kuri sergeant mu mutwe abarizwamo wo kurwanya magendu zambukiranya imipaka muri Zanzibar. Uyu musore w’imyaka 27 akinira ikipe ya Young Africans mu bwugarizi ndetse akaba akinira n’ikipe y’Igihigu ya Tanzania , yatangiye kugaragaramo mu…

Read More

Nta busobanuro Abadipolomate b’u Rwanda bagomba guha ububiligi : Amb . Nduhungirehe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda , Amb . Olivier Nduhungirehe yatangaje ko abadipolomate b’u Rwanda bakoreraga mu Bubiligi batari bwigere batanga ibisobanuro kuri iki gihugu nyuma yuko impande zombi zitangaje ko zicanye umubano ku munsi wejo . Nduhungirehe yatangaje aya magambo nyuma y’igisubizo cya mugenzi we w’UBubiligi , Bwana Maxime Prevot wavuze ko leta…

Read More

Ingabo z’u Burundi zongeye gukozanyaho n’umutwe wa FDLR mu Kibira

Ingabo z’igihugu cy’u Burundi zakozanyijeho n’inyeshyamba z’umutwe wa FDLR zari zifatanijemo n’abarwanyi b’umutwe w’imbonerakure , ibi bikaba byabereye mu gace ka Kibira muri komini ya Bukinanyana mu majyaruguru y’Uburengerazuba bw’u Burundi . Nkuko amakuru agera kuri Daily Box abitangaza ngo iyi mirwano yatangiye hagati tariki ya 11 gusa hacamo agahenge nanone yongera kubura umurego guhera…

Read More

UBurayi bwafatiye ibihano bikomeye abasirikare bakuru batatu b’u Rwanda

Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi umaze gutangaza ko wafatiye ibihano abayobozi batatu bo mu nzego nkuru z’igisirikare cy’u Rwanda ndetse n’umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera gufasha umutwe wa M23 . Bisa nkaho bihuriranye mu gihe u Rwanda rwatangazaga ko rwacanye umubano na leta y’Ububiligi yahoze irukoloniza kubera ko iki gihugu giherereye ku mugabane…

Read More