daily

PART 2: Ese bizagenda bite umutwe wa M23 n’utsinda intambara uhanganyemo na Leta ya Congo

PART 1 : https://daily–box.com/part1-ese-bizajyenda-bite-umutwe-wa-m23-nuramuka-utsinzwe-intambara/ Umutwe wa M23 ukomeje guhangana n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nubwo ibikorwa by’ibiganiro bikomeje hirya no hino byose bigamije gushakira umuti urambye ibi bibazo hifashishijwe ibiganiro cyane ko uyu mutwe wemeje ko bitabaye ibyo intambara itazigera irangiza iki kibazo. Mu nkuru iheruka twarebeye hamwe uko byagenda uyu mutwe uramutse…

Read More

Victor Osimhen yahaye impano idasanzwe myugariro w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda nyuma y’umukino

Rutahizamu w’ikipe ya Galatasaray mu gihugu cya Turkey Victor Osimhen  yahaye impano y’umupira(Jezi) myugariro Mutsinzi Ange Jimmy nyuma y’umukino ikipe ye yabonyemo amanota atatu ku bitego bibiri ku busa(2-0). Ubwo uyu mukino warangiraga uyu rutahizamu uri mu bakomeye ku mugabane wa Africa yafashe umupira w’Ikipe ye ya Galatasaray awuha Ange byatumye na Mutsinzi Ange amuha…

Read More

Umutoza w’Amavubi yavuze icyamubabaje kuruta ibindi ku tsinzwi yagize imbere ya Nigeria

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda ‘Amavubi’ Umunya-Algeria Adel Amrouche yavuze ko yagize ikimwaro cyo gutsindirwa imbere y’abafana bangana nk’uko banganaga muri sitade Amahoro ndetse n’Imbere y’Umukuru w’Igihugu. Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 21 Werurwe 2025, Amavubi yari yakiriye Kagoma zo mu rwego rwo hejuru za Nigeria mu rugamba rwo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe…

Read More

Umunyamakuru wakunzwe na benshi muri Siporo y’u Rwanda yitabye Imana

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda yitabye Imana aguye mu gihugu cy’Ubuhinde aho yari yaragiye kwivuriza nk’uko amakuru abyemeza. Uyu Munyamakuru wamenyekanye cyane kuri Radio Rwanda yogeza imikino ya Shampiyona y’Igihigu y’u Rwanda ndetse n’Imikino y’Ikipe y’Igihigu, yari amaze iminsi agizwe umuyobozi w’ikinyamakuru Rushyashya, gusa yakoze no ku Isango Star nyuma yo…

Read More

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinzwe irushwa n’iya Nigeria imbere y’Umukuru w’Igihugu

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatakaje umukino wayo wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, imbere ya Kagoma za Nigeria umukino wa bereye kuri sitade mpuzamahanga yitiriwe Amahoro. Ni umukino wagiye kuba Abanyarwanda bawukaniye ndetse baje ari benshi mu gihe Nigeria yo yarwanaga no kureba uburyo yagaruka muri Kuruse mu itsinda, dore ko bari…

Read More

Kigali : RGB yunguranye ibitekerezo n’abayobora amadini ku bibazo bikirangwamo

Kuri uyu gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025 ,Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwagiranye ibiganiro n’abayobora imiryango ishingiye ku myemerere kugira ngo itange ibitekerezo ku mabwiriza mashya agenga imikorere yayo. Ibi biganiro bibaye nyuma y’uko igenzura ryakozwe umwaka ushize ryerekanye ko muri iyi miryango harimo aho bigisha inyigisho z’ubuyobe n’izizeza ibitangaza, kwaka amafaranga abaturage mu buryo…

Read More

Tshisekedi agomba kuganira na M23 kuko nta kindi yayikoraho : Dr. Muleefu

Umushakashatsi Dr Alphonse Muleefu yatangaje ko abona   Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ,Felix Antoine Tshisekedi, akwiye kujya mu biganiro by’amahoro kuko asa n’utagishoboye gutsinda umutwe wa M23. Ibi Muleefu yabitangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025 mu kiganiro yagiranye n’ikigo cy’igihugu gishizwe itangazamakuru cyagarukaga ku bibazo by’umutekano muke ubarizwa muri…

Read More

M23 yifuza kujya mu biganiro by’amahoro bizira kubogama : Laurence Kanyuka

Umuvugizi w’umutwe wa M23 , Laurence Kanyuka yatangaje ko uyu mutwe wifuza kujya mu biganiro by’amahoro na Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu gihe ibituma ibi biganiro bigenda neza byubahirijwe ku mpande zombi . Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cyitwa RT cyandikirwa mu gihugu cy’Uburusiya , Bwana Kanyuka yasobanuye impamvu ubuyobozi bw’umutwe avugira wafashe…

Read More

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana ntiyumva ukuntu Richmond Ramptey adakina muri APR FC

Umunyamakuru ukomeye akaba n’inzobere mu bijyanye n’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi ku mugabane wa Africa Micky Juniro, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ko umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana atumva impamvu Richmond Ramptey adakina muri APR FC. Kuri ubu ikipe y’igihugu ya Ghana izwi nk’inyenyeri z’umukara iri gutozwa n’umwene gihugu witwa Otto Addo w’imyaka 49, akaba yarakiniye…

Read More