daily

Iby’amafaranga si ikibazo ku bashaka kujya kwiga mu Bushinwa n’Ubutaliyani !

Kuri iyi isi hariho uburyo butandukanye bwo kugera ku nzozi zawe z’iterambere wifuza no kugira ejo hazaza heza kandi uburezi bufite ireme ni inkingi y’iterambere rirambye ibyo bijyana naho bwatangiwe . Global linked Education services [ Gles], ikigo kizwi giha abanyeshuri amahirwe yo kwiga muri za kaminuza zikomeye ku isi, kinabagezaho amahirwe adasanzwe yo kubona…

Read More

Lesotho nitsinda u Rwanda irahita irujya imbere; ibintu 8 wamenya mbere y’uko uyu mukino uba

Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda “Amavubi” kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, kuri sitade Amahoro irakira iya Lesotho mu mukino w’Ishiraniro w’Umunsi wa Gatandatu wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera mu bihugu bitatu: Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibintu ugomba kumenya mbere y’uyu mukino! .U Rwanda…

Read More

Hatangajwe abakinnyi 5 bakomeye bifuza kujya muri Real Madrid ku buntu nubwo yo itabikozwa

Ikipe ya Real Madrid nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru Marca cyo mu gihugu cya Esipanye yari ifite amahirwe yo gusinyisha abakinnyi Batanu ku buntu ariko yo ifata ikemezo ubwayo cyo kutabasinyisha nubwo bari buzire ubuntu. Aba barimo myugariro w’ikipe ya Bayer Leverkusen ndetse n’Ikipe y’Igihigu y’Abadage Jonathan Tah akaba azasoza amasezerano ye muri iyi kipe mu kwezi…

Read More

Minisitiri wa MINALOC yitabiriye umuhango wo kwicaza mu ntebe umwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Nyundo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, yitabiriye ibirori byo kwicaza mu ntebe y’Ubwepiskopi, Kabayiza Louis Pasteur, watorewe kuyobora Diyosezi ya Shyogwe mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda . Kuri iki cyumweru nibwo Umuyobozi wa Anglikani mu Rwanda, Laurent Mbanda yimitse Myr Kabayiza Louis Pasteur nk’umwepiskopi bwite wa Diyosezi ya Shyogwe. Uyu muhango witabiriwe n’Abarimo Myr Balthazar…

Read More

Niyonkuru Yannick uzwi nka ‘killaman’ yatangaje amakuru mashya kuri YouTube channel ze 4 zimaze iminsi zaribwe

Umukinnyi w’azafilimi nyarwanda akaba n’umushoramari muri urwo ruganda Niyonkuru Yannick uzwi nka “killaman_major_daddy” yatangaje ko Shene ze za YouTube zari zaribwe uko ari Enye zamaze gusubira mu mabokoye. Kuri uyu wa Gatandatu itariki ya 22 Wururwe 2025 , nibwo Killaman yatangaje ko Shene ze zose zibwe, ariko hakaba hari gukorwa ibishoboka byose kugirango zigarurwe. yagize…

Read More

🛑AGEZWEHO : Israel yahitanye umuyobozi mukuru wa Hamas

Kuri iki cyumweru, igitero cy’indege za gisirikare za Isiraheli mu majyepfo ya Gaza cyahitanye umuyobozi wa politiki wa Hamas witwa Salah al-Bardaweel, nk’uko abayobozi b’umutwe w’abarwanyi bwabitangaje. Nubwo ubuyobozi bwa Isiraheli nta bisobanuro bwahise butanga, bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Al Jazeera  bemeje ko iki igitero cy’indege cyahitanye Bardaweel  ufatwa nk’umuyobozi wa politiki wo…

Read More

Igisirikare cya Congo ‘FARDC’ cyatangaje imigambi gifitiye AFC/M23 nyuma y’uko igiye kurekura Walikale

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “FARDC” cyatangaje ko nacyo kibaye gihagaritse imirwano ndetse n’ibitego ku ihuriro rya AFC/M23 nyuma y’uko uyu mutwe wemeje kuva mu gace wari warigaruriye ka Walikale mu rwego rwo gushyigikira no gushyira imbere ibiganiro bigamije kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo. Umuvugizi w’igisirikare cya Congo Gen. Maj. Sylvain…

Read More