daily

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu Amavubi ukina i Burayi ikipe ye yamanutse mu kiciro cya Kabiri

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru Hakim Sahabo ikipe yari yaratijwemo yamaze kumanuka mu cyiciro cya Kabiri cy’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ububiligi aho akina kuri ubu. Uyu musore yatijwe muri iyi kipe yitwa Beerschot mu mezi atatu ashize mu isoko ry’Igura n’Igurisha ry’u kwezi kwa mbere kwa 2025, avuye mu ikipe ya Standard de…

Read More

Umutoza Darko Novic yagize icyo avuga ku bafana baririmbye indirimbo zimusaba kuva muri APR FC

Umutoza w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje ko atigeze yumva abafana b’iyi kipe baririmba indirimbo zimusabira kwirukanwa ku mukino yatsinzemo iya Vision FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye ku munsi w’ejo wa tariki 30 Werurwe 2025, kuri Kigali Pele Stadium, ni umukino iyi kipe yagiye gukina ibizi neza…

Read More

APR FC ikomeje kuryoherwa n’isoko rya Uganda aho igiye gukurayo abandi bakinnyi babiri

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda “APR FC” amakuru aravuga ko iri mu biganiro n’abakinnyi babiri b’Abanya-Uganda Allan Okello na Ronald Ssekiganda bagiye kwiyongera ku bandi batatu basanzwe muri iyi kipe. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu iri mu mushinga wo kuzaba ikipe nziza muri Africa ari nabyo biri gutuma igura abakinnyi benshi bari ku rwego mpuzamahanga baturutse…

Read More

Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura umukino izacakiranamo n’ikipe iri mu zikomeye muri Tanzania kuri sitade Amahoro

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thaddée yatangaje ko bitegura kuzakira ikipe ya Young Africans kuri sitade Amahoro hitegurwa umwaka utaha w’imikino, igihe uwa 2024-2025 uzaba ushyizweho akadomo. Ibi yabigarutseho aganira na Television y’igihugu, aho yavuze ko bagiranye ibiganiro n’Umuyobozi bw’ikipe ya Young Africans kuzakina umukino wa gicuti uyu mwaka w’imikino urangiye hitegurwa umushya ndetse…

Read More

Dore igisubizo ku banyeshuri batekerwaga imitwe mu gihe bashaka buruse zo mu mahanga

Raporo y’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] igaragaza ko mu myaka itatu ishize, kuva mu kwezi kwa Nyakanga 2021 kugera mu kwezi kwa Kamena 2024, rwakoze iperereza ku madosiye asaga 52 y’uburiganya ashyikirizwa Ubushinjacyaha, aho abakekwa 63 bakurikiranweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.  Aba RIB yemeza ko bariganyije abagera kuri 111 bababeshya ko bazabashakira amashuri…

Read More

DRC :FARDC yashinje M23 gutera ibirindiro byayo mu gihe cy’agahenge

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) cyemeje ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 urimo ‘gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo. Mu itangazo, umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo Général Major Sylvain Ekenge avuga ko “ibitero biheruka” bya M23 byibasiye ibirindiro bya FARDC i…

Read More

Umunya-Mauritania Mohamed Wade watoje Rayon Sports yatawe muri yombi

Umutoza ukomoka mu gihugu cya Mauritania Mohamed Wade watoje ikipe ya Rayon Sports nk’umutoza wungirije aza no kuyisigarana nk’umutoza mukuru yatawe muri yombi aho akekwaho gutanga Sheki itazigamiye nk’uko amakuru abyemeza. Uyu mutoza amakuru yemeza ko yatanze Sheki ya Miliyoni Umunani z’amafanga y’u Rwanda(8,000,000Frw) itazigamiye , kuko uwo yari yahaye iyo Sheki yagiye kuri banki…

Read More

Umuzamu w’Amavubi Ntwari Fiacre uri mu bihe bibi agiye kubona indi kipe yerekezamo

Umuzamu mpuzamahanga w’Umunyarwanda akaba n’umuzamu wa mbere w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Ntwari Fiacre ashobora gutandukana n’ikipe ya Kaizer Chiefs nyuma yo kugirwa umuzamu wa Gatatu w’iyi kipe yaraje ari umuzamu wa mbere. Uyu muzamu wakiniye amakipe atandukanye Kandi anakomeye hano mu Rwanda arimo Intare(2016-2017), APR FC na Marines FC(2017-2021) , AS Kigali (2021-2023), na…

Read More