daily

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ubwenge buhangano (AI) bukoreshejwe  nabi muri politike z’ibihugu byaba bibi kurushaho

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ivuga uruhare rw’ubwenge buhangano (AI) mwiterambere ry’ubukungu bw’Afurika, Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo ubu bwenge buhangano ari ingenzi cyane ku iterambere ry’uyu mugabane, bukoreshejwe nabi byabyara ikintu kibi. Yagize ati” mfite ikizere ko dufatanyije, bishoboka yuko twakoresha neza ubu bwenge buhangano, ndetse no mu mibanire y’ibihugu byacu, nizera…

Read More

Sosiyeti igurisha amatike ku mikino yasubije ku byagaragajwe na Etincelles FC ko yahawe amafaranga make ku yavuye mu matike

Sosiyeti ifite system igurisha amatike y’imikino y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda UrID Technologies yatangaje ko ntamafaranga batahaye ikipe ya Etincelles nk’uko yo yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’aruhago ry’u Rwanda ‘FERWAFA’. Ikipe ya Etincelles FC yavuze ko amafaranga bahawe n’iyo sosiyeti nk’ayavuye ku mukino bari bakiriyemo Marines FC atariyo , aho bahawe angana 1 300 000…

Read More

FERWAFA ntirashirwa ku kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rikomeje gukurikirana ibijyanye no gusaba umukinnyi kwitsindisha byavuzwe kuri Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ akaba umutoza wungirije ariko wahagaritswe na Muhazi United aho ryahamagaye abandi bavugwa muri iki kibazo. Abahamagawe ngo nabo babazwe ni ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports n’ubwa Musanza FC, umutoza Imurora Japhet na Batte Sheif nyuma y’ihamagarwa…

Read More

Ikipe yakekwagaho kugurisha imikino yagabweho igitero n’abagizi ba nabi igihe yari mu myitozo

Abakinnyi b’ikipe ya Lobi Star FC iherereye mu mugi wa Makurd, muri Leta ya Benue muri Nigeria bagabwego igitero n’abagizi ba nabi bataramenyekana barabakubita babashinja kugurisha imikino. Ibi byabereye ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo kitwa Government Model Secondary School Pitch, aho aba bagabye iki gitego bahondaguye bikomeye abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bagize iyi kipe…

Read More

Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije wo kuyifasha

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyiraho Rwaka Claude nk’umutoza mushya wayo wungirije Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” asimbuye Umunya-Tunisia, Quanane Selami. Mu minsi ishize nibwo uyu Munya-Tunisia yasubiye iwabo nyuma yo kutumvikana na Rayon Sports ku bijyanye n’imishahara nk’uko amakuru yabivuze, aho iyi kipe yambara ubururu n’umweru yari imubereyemo imishahara yayishyuza ntiyamuhe ahitamo…

Read More

Umutoza Ruben Amorim yatoboye avuga kuri Marcus Rashford yarekuye none akaba ari kwitwara neza

Umutoza w’Umunya-Portigal Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje ko yishimira iteka ko umukinnyi batije muri ekipe runaka yitwara neza gusa ko ntabyinshi yavuga ku mukinnyi utari uwe. Ibi yabigarutseho ubwo yagarukaga kuri rutahizamu Marcus Rashford iyi kipe yatije mu ikipe ya Aston villa mu kwezi kwa mbere mu isoko ry’Igura n’Igurisha ryaho, nyuma yo kutumvika…

Read More

Munyakazi Sadate yaciye amarenga yo kugaruka muri Rayon Sports nk’umumyamigabane mukuru

Umugwizatunga Munyakazi Sadate yatangaje ko yiteguye kuzaba umunyamigabane myinshi(Mukuru) ku ruta abandi igihe icyari cyo cyose izatangira kugurishwa mu kiswe Rayon Sports Ltd. Uyu mugabo yamenyekanye mu mupira igihe yari perezida wa Rayon Sports hagati 2019 na 2020 , icyo gihe havuzwemo ibibazo byinshi ku buryo n’inzego za Lata zabyivanzemo mu rwego rwo gushyira ku…

Read More

Nyagatare : Uwari umuzamu ku kigo k’ishuri yishwe atemaguwe n’abagizi ba nabi

Umugabo w’imyaka 36 utuye mu karere ka Nyagatare wari usanzwe ukora akazi ko kurinda umutakano aharimo hubakwa ikigo k’ishuri yishwe urwagashinyaguro nyuma yo gutemwa n’abagizi ba nabi . Hakorimana Gaspard wari usanzwe akora akazi k’uburinzi bw’ijoro kuharimo kwagurirwa ishuri mpuzamahanga ryitiriwe umusamariya [ Samaritan International School] riherereye mu mudugudu wa Kinihira , mu kagari ka…

Read More