daily

#KWIBUKA 31 : Minisitiri Dr. Bizimana yerekanye ko jenoside yakorewe Abatutsi yaturutse ku bukoloni bw’Ababiligi

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana yatangaje ko inkomoko yimbitse ya Jenoside yakorewe Abatutsi yaturutse mu bukoloni bw’Ababiligi, bwangije Ubunyarwanda  hanyuma bugashyira mu bikorwa ingengabitekerezo yabwo mu mitwe ya politiki yo mu Rwanda . Ibi yabitangarije mu mu nama Mpuzamahanga ku  Kwibuka ku nshuro ya 31, aho ahanini abayitabiriye baganiriye ku kuba…

Read More

Umuyobozi muri ‘FIFA’ yagaragaje ko atishimiye inyifato y’abafana ba Marine FC bagaragaje ku mukino wa Rayon Sports

Umuyobozi ushinzwe umutekano ku kibuga mu Ishyirahamwe rya ruhago ku isi “FIFA” Bwana Bonnie Mugabe yagaragaje ko atishimiye imyitwarire y’abafana ba Marine FC Ku mukino wahuje iyi kipe na Rayon Sports ukarangira banganyije ibitego bibiri kuri bibiri (2-2). Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 05 Mata 2025, kuri sitade Umuganda mu karere…

Read More

Abana basaga 400 binjijwe mu bikorwa bya gisirikare ku gahato muri DRC – Raporo ya Save the Children

Umuryango wita ku bana, Save the Children,  watangaje  ko abana basaga 400 bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo binjijwe mu gisirikare n’imitwe yitwaje intwaro mu kwezi kwa mbere n’ukwa kabiri uyu mwaka wa 2025, harimo abari bafite imyaka 14 bakuwe ku mashuri no ku mihanda bagahita bashyirwa mu mirwano. Bivugwa ko abana…

Read More

Abafana ba Rayon Sports bakomeje kwinubira umusaruro udahwitse ukanagerwa ku mashyi wa Khadime Ndiaye

Umuzamu ukomoka mu gihugu cya Senegal urindira Rayon Sports Khadime Ndiaye, akomeje kwibazwaho n’abafana ba Rayon Sports bamushinja kugira umusaruro muke no gukora amakosa menshi biri mu byatumye iyi kipe itakaza amanota ku mikino itandukanye bigeretseho n’umwanya wa mbere. Kuri uyu wa Gatandatu wa tariki 05 Mata 2025, ikipe ya Rayon Sports kuri sitade Umuganda…

Read More

Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere

Abafana ba Rayon Sports barakariye ubuyobozi bwayo nyuma yo gutakaza umukino wa Marine FC banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri(2-2) babushinja kuba butaraguze abakinnyi beza mu kwezi kwa mbere. Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kirekire iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , APR FC kuva uyu mwaka w’imikino watangira yari itarayobora…

Read More

Uwacu Julienne wigeze kuyobora Minisiteri ya siporo yahawe inshingano nshya  

Minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashimiye Uwacu Julienne wari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinze Itorero no guteza imbere umuco, mu nshingano nshya yahawe zo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango Unit Club Intwararumuri. Uwacu Julienne wahawe izi nshingano zo  kuba umunyamabanga Nshingabikorwa w’umuryango Unity Club Intwararumuri, yari amaze igihe kinini ari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe guteza imbere Itorero ndetse n’umuco. …

Read More

Mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yo kwamagana umushinga wa Visit Rwanda uhuje u Rwanda na PSG

Kuri iki Cyumweru tariki 06 Mata 2025, biteganyijwe ko i Paris mu Bufaransa kuri sitade ya Paris Saint Germain ‘Parc des Princes’ hazakorwa imyigaragambyo igamije kwamagana ubufatanye hagati ya Paris Saint Germain n’u Rwanda mu mushinga wa Visit Rwanda. Amakuru yanditswe n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, avuga ko yateguwe n’abadepite bane bo mu ishyaka rya La…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yasubije Munyakazi Sadate uherutse gutangaza ko yifuza kugura iyi kipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports itagurishwa nyuma y’uko uwigeze kuyiyobora Bwana Munyakazi Sadate atangaje ko yiteguye kuyigura ayitanzeho Miliyari 5 z’amafanga y’u Rwanda Mu minsi ishize ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwasimbuye ubwa perezida Uwayezu Jean Fidele, bwatangije umushinga wa Rayon Sports LTD ugamije guha rugari ababishaka…

Read More

FIFA na CAF bashobora gufatira ibihano bikakaye igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi “FIFA” ifatanyije n’iyo ku mugabane wa Africa “CAF” biteganyijwe ko bagomba gufatira ibihano igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kuvanga umupira w’amaguru na Politiki. Muri uyu mwaka wa 2025 , Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukaba no mwihuriro ryiyise Alliance Fleuve…

Read More

Perezida wa Barcelona yibasiye bikomeye ikipe ya Real Madrid ashinja kubuza uburyo ikipe ye!

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporte yijunditse Real Madrid ko ariyo iri inyuma y’ibikorwa bishaka kubuza Dani Olmo na Pau Victor gukomeza gukina , akemeza ko batazigera babigeraho. Mu minsi ishize nibwo amakuru yabaye menshi ko aba bakinnyi bombi bashobora kutazakinira Barcelona mu gice cya Kabiri cy’umwaka w’imikino kubera ubushobozi Barcelona butayemereraga kwandikisha aba bakinnyi…

Read More