daily

KWIBUKA31 :  António Guterres yasabye isi gukumira amacakubiri n’urwango

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mata 2025 ,Umuryango w’Abibumbye wifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa yageneye abatuye Isi, Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, António Guterres yabasabye gushyira imbaraga mu gukumira imvugo z’urwango n’amacakubiri zikomeje gukwirakwizwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Kuva nyuma ya 1994, haba umuryango w’Abibumbye ndetse n’ibihugu…

Read More

#KWIBUKA31 : Byinshi utari uzi kuri COL. Bagosora Théoneste  wemeje ko agiye gutegura imperuka y’abatutsi

 Colonel Bagosora Théoneste ni umwe mu bari bafite ijambo rikomeye mu gisirikare kuko yari yarakoze imirimo itandukanye, hakiyongeraho ko yavukaga muri Gisenyi ari naho hakomokaga Perezida Juvenal Habyarimana na benshi mu bayobozi bakuru. Bagosora muri Mutarama 1993 yari mu ntumwa zahagarariraga u Rwanda mu nama i Arusha ubwo hemezwaga igice cy’amasezerano y’amahoro kirebana no gusaranganya…

Read More

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yizera ko Uburusiya buzahagarika gutera Ukraine

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yashishikarije abayobozi bagenzi be bo ku isi gukomeza guharanira ko imirwano ihagarara hagati y’Uburusiya na Ukraine . Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, yabwiye inama isanzwe y’abayobozi b’ibihugu by’i Burayi ko “bitinde bitebuke” Uburusiya bugomba kuza mu biganiro mu bijyanye no guhagarika imirwano mu ntambara imaze imyaka itatu muri Ukraine . Ibi yabigejeje…

Read More

Perezida Kagame yanenze ababeshyera u Rwanda guteza umutekano muke muri DRC

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze ibinyoma bikunze gutangazwa n’abiyita itsinda ry’impuguke bajya muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bagakora raporo zigaragaza ko u Rwanda ari rwo kibazo ku bibazo biri muri DRC. Nyakabahwa Paul Kagame yatangaje ibi ,Ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yavuze…

Read More

Ikipe ya Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ikipe ya Arsenal ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihe cy’Ubwongereza “Premier league” yifatanyije n’isiyose ndetse n’u Rwanda byumwihariko mu kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ikipe ya Arsenal isanzwe ikorana n’u Rwanda mu bikorwa byo kwamamaza ubukerarugendo bwarwo, ndetse no kurumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga byose biri mu nyungu zo…

Read More

Umuhanzi Alikiba yifatanije n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 31

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ally Saleh Kiba, wamamaye nka Ali Kiba yifatanyije n’abanyarwanda bari mu bihe bitoroshye byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ko atewe akababaro n’abatutsi bishwe bazira uko bavutse. Aho yagize ati : “Twese ntawe uvuyemo twifatanije n’abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe…

Read More

DRC : Abantu 22 bapfiriye mu mwuzure ukomeye watewe n’imvura

Nibura abantu 22 bishwe nyuma yuko imvura nyinshi yateje umwuzure ukomeye mu murwa mukuru Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, usenya amazu ndetse n’imihanda irengerwa. Ku cyumweru, nibwo Minisitiri w’ubuzima muri iki gihugu, Patricien Gongo yatanze uyu mubare w’abapfuye ariko ashimangira ko ari “by’agateganyo” kuko ibarurwa ry’abahitanwe nawo rigikomeje kugeza ubu.  Gongo kandi yanongeyeho…

Read More

Kongo – Kinshasa yakuriyeho Visa abaturage ba Tanzania

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo  Thérèse Kayikwamba  yatangaje ko abaturage bose binjira muri iki gihugu baturutse mu gihugu cya Tanzania bakuriweho Visa  binyuze mu bwumvikane mu rwego rw’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC). Ku munsi wejo nibwo Madame Thérèse Kayikwamba Wagner yashyikirije Inama Njyanama ya Kongo inyandiko yerekeye ibyo gusonerwa viza…

Read More

KWIBUKA 31 :  ikiganiro Hon. Tito Rutaremara yagiranye kuri telephone na col. Bagosora na Gen. Ndindiriyimana indege ya Habyarimana ikimara kuraswa

 Mu ijoro ryo Kuwa 06 Mata 1994 , bimaze kumenyekana ko indege ya Habyarimana imaze kuraswa ,radio Radio LTRM ,Radio Rwanda na agencies international zimaze kubyemeza .  Muri icyo gihe abaturage batangiye guhamagara ingabo za RPA zari muri CND bababwira ubwicanyi buri gukorwa na abajepe n’interahamwe bica abatutsi n’ abaminisitiri bo muri opposition.  Impamvu bahereye…

Read More