KWIBUKA31 : António Guterres yasabye isi gukumira amacakubiri n’urwango
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Mata 2025 ,Umuryango w’Abibumbye wifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa yageneye abatuye Isi, Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, António Guterres yabasabye gushyira imbaraga mu gukumira imvugo z’urwango n’amacakubiri zikomeje gukwirakwizwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Kuva nyuma ya 1994, haba umuryango w’Abibumbye ndetse n’ibihugu…