daily

Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka

Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…

Read More

Urutonde rw’abapadiri babaye abaperezida b’ibihugu nubwo babibuzwa na Kiliziya

Abasaseridoti n’abihaye Imana muri rusange babuzwa na Kiliziya Gatolika kwivanga mu bikorwa bya politiki kuko bihabanye n’amategeko ndetse n’amabwiriza igenderaho nk’uko bigaragara mu ngingo ya 285 , 1285 mu bika bitandukanye by’igitabo cy’amategeko ya Kiliziya. Muri iyi nkuru reka turebere hamwe abapadiri babaye abayobozi b’ibihugu bitandukanye ku isi! 1.Fulbert Youlou, Uyu yabaye perezida wa mbere…

Read More

Kiliziya irasaba Abasaseridoti n’Abihayimana kwirinda kwivanga muri Politiki

Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje ibibazo bya politiki kiliziya Gatolika mu Rwanda irasaba Abasaseritodi n’Abihayimana muri rusange kwirinda kwivanga mu migambi ya Politiki iyari yo yose kuko biri mu byo kiliziya iziririza Kandi bikaba bitari mu nshingano zayo . Ibi byatangajwe binyuze mu ibaruwa y’Abepisikopi yanditswe ku itariki ya 14 Werurwe 2025,…

Read More

DJ Ira yabonye icyo yasabye perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

Umuvangamiziki ukomoka mu gihugu cy’u Burundi DJ Ira nyuma yo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kubuhabwa. Nk’uko bigaragara ku rutonde rwa sohowe n’Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka mu Rwanda , Iradukunda Grace Divine(DJ Ira) wiyise ‘Kaka DJ’ nawe ari kugaragara kuri uru rutonde rw’abanyamahanga bashya 36 bahawe ubwenegihugu bw’u…

Read More

Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yashyinguwe mu cyubahiro

Uwari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana azize guhagarara k’umutima yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kane wa tariki 10 Mata 2025. Ni umuhango witabiriwe n’abantu mu ngeri zitandukanye, barimo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo , Umuyobozi wa Rwanda Media Commussion(RMC) Mutesi Scovia, abo mu muryango wa Alain…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe

Nyuma y’amakuru yavuzwe ko ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu byasubitswe, amakuru mashya aremeza ko ibi biganiro byabaye ndetse bikaba ku nshuro ya Kabiri . Igihe cyari kibaye kirekire Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaranze kuganira n’umutwe wa M23 mu buryo…

Read More

Kwibuka31: Dore uko Jenoside yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa mu Mujyi wa Butare

Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mujyi wa Butare wari Umujyi wa 2 mu Gihugu witwa “Capitale y’Abanyabwenge” buratangaje ndetse buranababaje .  Habanje hashyirwaho  “Comité du Salut Public”yari ishinzwe kwirukana Abatutsi mu mashuri no mu nzego z’imirimo, i Butare, uruhare rw’ishyirahamwe SECA ryahuzaga abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye n’abayarangije, ryayoborwaga na Padiri Naveau…

Read More

# KWIBUKA 31:Tariki ya 10 Mata 1994 ,Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda…

Read More

#KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) na Sudani y’Epfo (UNMISS), ku wa Mbere tariki ya 7 Mata, bafatanyije n’abandi banyarwanda, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’isi yose, kwibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ibikorwa byo kwibuka byabereye…

Read More