daily

Urutonde rw’abatoza bane bazakurwamo umwe uzasimbura Carlo Ancelotti

Ikipe ya Real Madrid iherutse gusezerwa mu mikino ya Champions League na Arsenal muri kimwe cya Kane kirangiza, inayisezerera mu buryo bwagaragaje intege nke za Real Madrid aho mu mukino ubanza yayitsinze ibitego bitatu ku busa(3-0), mu gihe uwo kwishyura yayitsinze ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), imbere y’abafana buzuye Santiago Bernabéu. Nyuma y’uyu mukino, bamwe…

Read More

Barcelona igiye kugarura umukinnyi wayo w’ingenzi wari waravunitse

Umukinnyi w’ikipe ya Barcelona ukina hagati mu Kibuga yugarira Marc Casado ari munzira zo kugaruka mu kibuga nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize ku mukino wa Atletico Madrid nyuma yo gukina iminota 67. Amakuru aravuga ko muri uku kwezi kwa Gatanu aribwo azagaruka akaba afite amahirwe yo kuzakina n’umukino w’anyuma wa Champions League igihe Barcelona yawugeraho (Finali…

Read More

CAF yahanishije Patrice Motsepe uyiyobora gutanga amadolari  100,000

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yaciye akayabo k’amadorari asaga 100,000  perezida wayo Patrice Motsepe kubera imvururu zikomeye  zatewe n’abafana ba Mamelodi Sundowns  zabaye mu mukino  wa CAF Champions League wabahuje na Esperanse de Tunis . Mamelodi Sundowns, isanzwe ifitwe n’umukire akaba na perezida wa CAF  ,Patrice Motsepe yahanishijwe gutanga aka kayabo kubera ko yarenze…

Read More

Kwibuka 31: Amb  Nduhungirehe yifatanije n’abanyehuye kwibuka abiciwe kuri Paruwasi ya Simbi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Huye, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatusti biciwe kuri Paruwasi ya Simbi. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mata 2025 ,Abatuye mu Mirenge ya Simbi na Maraba n’abandi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu, bitabiriye iki gikorwa…

Read More

Hagati ya FERWAFA na Rayon Sports ninde uzatsinda urugamba rwavutse hagati yabo?

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryatangiye urugamba rwo gukemura ikibazo cyavutse ku mukino wa kimwe cya Kabiri cy’Igikombe cy’Amahoro hagati ya Mukura VS na Rayon Sports cyatewe n’ibura ry’umuriro ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 27′ w’umukino. Ibi bikiba , ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bizeye ko bazatera mpaga Mukura VS bisunze…

Read More

DRC yashinje LONI kutagira icyo ikora ku ihohoterwa rikorwa n’umutwe wa M23  n’u Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya kongo yabwiye akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi ko ntacyo kakoze ngo gahagarike ihohoterwa rikorwa na M23 n’u Rwanda muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo . Ibi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, Thérèse Kayikwamba Wagner, yabitangeje ubwo  ku munsi wejo ku wa…

Read More

Umutoza wa Rayon Sports ‘Robertinho’ ari gutakamba ngo yishyurwe amezi atatu y’umushahara we

Umutoza ukomoka mu gihe cya Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” arishyuza Rayon Sports amafaranga y’amezi atatu mu gihe iyi kipe yamaze kumuhagarika igihe kingana na mezi abiri adatoza kubera umusaruro muke. Mu gitondo cyo ku wa 14 Mata 2025, nibwo perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thadee yemeje ihagarikwa rya Robertinho kubera umusaruro muke…

Read More