daily

Muhire Kevin yatangaje icyatuma akinira APR FC mu buzima bwe!

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin, yemeje ko Rayon Sports iramutse itemeye kumugumana , ikipe y’Ingabo z’Igihugu (APR FC) ikamwifuza yayerekezamo cyane ko icyangombwa ari imibereho y’umuntu(kwinjiza amafaranga). Ibi byose bikubiye mu kiganiro yaginye n’umunyamakuru Canisius Kagabo , aho yagarutse kuri byinshi harimo n’ibimaze iminsi bivugwa muri Rayon Sports bisa no kwitsindisha kwa bamwe…

Read More

Jenoside yari yarateguwe igihe kirekire uhereye ku mwaduko w’Abakoloni : Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana yagaragaje ko ibikorwa by’urugomo byakorewe Abatutsi byatangiye mu 1959 binyuze mu ivangura n’itotezwa ryakorwaga na Repubulika zariho icyo gihe byatijwe umurindi n’itangazamakuru, amadini, amashyaka ya politiki ndetse n’ingabo z’igihugu, aho mu mbwirwaruhame zitandukanye abayobozi bagiye bashishikariza abaturage gukora Jenoside. Ibi yabitangarije mu kiganiro ku munsi w’ejo…

Read More

Umunyarwanda wigize umuvumvu muri Amerika yatawe muri yombi ashinjwa uruhare muri Jenoside

Umunyarwanda witwa Faustin Nzabumukunzi wari warigize umuvumvu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu Rwanda yatawe muri yombi , aho yari mu buhungiro muri leta zunze Ubumwe z’Amerika . Ishami ry’ubutabera bwo muri leta zunze z’Amerika ryatangaje ko Faustin akurikiranyweho ibyaha bya jenoside ,ibikorwa by’urugomo ndetse n’ihohoterwa yakoze ubwo yari umuyobozi mu…

Read More

Kapiteni wa Rayon Sports ‘Muhire Kevin’ yagize icyo avuga kuri Khadime na Nsabimana Aimable bavugwaho kwitsindisha

Kapeteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yahakanye amakuru yavuzwe ko umuzamu wa Rayon Sports Khadime Ndiaye ndetse na myugariro Nsabimana Aimable baba barafashe amafaranga kugirango batange imikino bigamije ko ikipe y’Ingabo z’Igihugu yajya ku mwanya wa mbere. Mu minsi ishize nibwo umuzamu w’Umunya-Senegal Khadime Ndiaye yakuwe mu izamu nyuma yo kumara iminsi atitwara neza haba ku…

Read More

Real Madrid ikomeje guhura n’uruvagusenya mbera yo gukina finali na Barcelona

Ikipe ya Real Madrid yamaze kuvunikisha Umufaransa, Eduardo Camavinga , bituma atazagaragara ku mukino w’ishiraniro bafitanye na Barcelona tariki 26 Mata 2025, kuri Finali ya Copa del Rey. Iki gikombe n’ikizere cy’umwaka w’imikino kuri Real Madrid mu kugira icyo batwara cyane ko Shampiyona bigoye , Barcelona ifite umwanya wa mbera n’amanota 76 imbereho amanota ane…

Read More

U Rwanda rwabonye umukino wa gicuti n’ikipe imaze kwegukana igikombe cya Afurika inshuro ebyiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru “Amavubi” izakina umukino wa gicutsi n’iya Algeria ku itariki 05 Kamena 2025, nk’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu ryabitangaje ribinyujije ku mbugankoranyambaga zaryo. U Rwanda ruheruka mu kibuga mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na…

Read More

Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’

Ikipe ya Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” mu itangazo bacishije ku mbugankoranyambaga zayo aho yanemezaga ko izakina umukino wari wasubitswe kubera ibura ry’umuriro ryatewe n’iyangirika rya moteri, umukino uhagarara ku munota wa 27′. Muri iri tangazo, Rayon Sports, yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye yemera gukina ari intego y’irushanwa “amahoro” bityo nka…

Read More