daily

U Rwanda rugiye gukorana n’ikipe ya Benfica yo muri Portugal

Igihugu cy’u Rwanda gishyize imbaraga mu kugira siporo ikintu kinjiriza igihugu, nk’uko Perezida w’u Rwanda yabyibukije ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri wa Siporo mushya(Nelly Mukazayire) ndetse n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Rwego Ngarambe. Minisitiri wa Siporo aherutse kugirira urugendo mu gihugu cya Portugal, aho yasuye ikipe ya Benfica Lisbon yakirwa n’ubuyobozi bw’iyi…

Read More

Ikipe ya Rutsiro FC yafatiye ibihano bikakaye umutoza n’umuzamu wayo nyuma yo kunyagirwa na APR FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze guhagarika umutoza wayo GATERA Musa , ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Mozombo babashinja umusaruro mubi bagize ku mukino Rutsiro FC yatsinzwemo na APR FC ibitego bitanu ku busa (5-0) kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Wari umunsi wa 25 wa Shampiyona, ni umukino utaravuzweho rumwe bitewe n’uburyo ibi…

Read More

Hari kwifashishwa gahunda ya VISIT TOTTENHAM mu kwamagana iya VISIT RWANDA

Abafana ba Arsenal biyise ‘Ganners For Peace’ bamaze iminsi batangije ubukangurambaga bwo kwamagana ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe yabo bushingiye mu kwamamaza ibikorwa by’ubukerarugendo bw’u Rwanda aho bari gukoresha icyo bise ‘VISIT TOTTENHAM’. Intandaro yo gukoresha iri ijambo ishingiye ku kwerekana uburyo batishimiye imikoranire y’ikipe yabo n’u Rwanda, Tottenham Hotspur isanzwe ari ikipe bahanganye ndetse banangana…

Read More

Abakunzi ba ruhago bashyizwe igorora ku mikino y’Igikombe cy’Amahoro

Imikino ibiri y’ikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, ya kimwe cya Kabiri yariteganyijwe gukinirwa kuri Kigali Pele Stadium yimuwe ishyirwa kuri sitade Amahoro bisabwe n’amakipe ya Rayon Sports na APR FC azakira iyi mikino. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 30 Mata 2025, nibwo hazakinwa imikino yo kwishyura y”igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025 , muri kimwe cya Kabiri,…

Read More

Ayabonga wongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports yanenze icyo yise ubujuru nyuma y’umukino wa Rutsiro na APR FC

Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi mu ikipe ya Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa , yanenze imigendekere ya Shampiyona y’u Rwanda yemeza ko harimo ubujura ndetse anibaza uburyo amakipe yo mu Rwanda azabasha guhatana mu mikino Nyafurika ya CAF mu gihe bimeze bitya. kuri uyu wa gatandatu wa tariki 26 Mata 2025, hakinwaga umunsi wa 25 wa Shampiyona…

Read More

Ese Papa Francis wasezeweho bwa nyuma n’imbaga ni muntu ki ku Rwanda ?

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Mata 2025 ,abantu basaga ibihumbi 200 bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Papa Francis ,uyu muhango ukaba watangirijwe ku Mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iherereye i Vatican . Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro no gushyingura Papa Francis witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo abami, abakuru b’ibihugu na za guverinoma n’Abakirisitu Gatolika…

Read More

Ikigero cy’izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda kigiye kugabanuka: Raporo ya IMF

Ikigega mpuzamahanga cy’imari [IMF (International Monetary Fund)] giherutse gusohora raporo igaragaza uko ubukungu bw’isi ndetse n’ubw’ibihugu ku giti cyabyo buteganyijwe kuzitwara mu mwaka wa 2025 no mu wa 2026, hagendewe ku byemezo byafashwe n’ibihugu mu by’ubukungu, imihindagurikire y’umusaruro, umutekano, n’ibindi. IMF yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’isi (GDP) , uzazamuka ku rwego rwa 2.8% mu mwaka…

Read More

Santrafurika : Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika buzwi ku izina rya MINUSCA yo kubashimira ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi. Mu bambitswe imidari harimo abo mu matsinda abiri; RWAFPU-1 na RWAPSU, buri tsinda rigizwe n’abapolisi 140, n’abapolisi b’u Rwanda 33 badakorera mu matsinda (IPOs). Ni…

Read More

Umukinnyi uri muri batatu b’ingenzi muri Real Madrid ashobora kudakina umukino wa Barcelona kubera imvune

Rutahiza w’Umufaransa wa Real Madrid ,Kylian Mbappé, ashobora kutabanza mu kibuga cyangwa ntanagaragare ku mukino bafitanye na Barcelona kuri uyu munsi ukaba Finali ya Copa del Rey uteganyijwe ku isaha y’i saa yine z’umugoroba (22:00PM). Real Madrid isanganwe ibibazo by’imvune birimo iby’Umufaransa Eduardo Camavinga, David Alaba bose batagomba kugaragara kuri uyu mukino twirengagije abandi bafite…

Read More