daily

Kigali : Hasezerewe abapolisi 150 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Ubwo yabasezereraga ku mugaragaro,  mu muhango wabereye ku Kacyiru, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda (DIGP), DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yashimiye abasezerewe mu kazi, ku…

Read More

Umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona wari waravunitse yatangiye imyitozo

Umunya-Esipanye ukinira ikipe ya Barcelona hagati mu kibuga Marc Casado wari umaze iminsi afite ibibazo by’imvune yamaze gutangira imyitozo yitegura kugaruka mu kibuga. Uyu musore yatunguranye , cyane ko byari biteganyijwe ko azamara amezi arenga abiri hanze y’ikibuga , yagize imvune ku mukino wa Shampiyona Barcelona yatsinzemo Atletico Madrid ibitego bine kuri bibiri (2-4), ava…

Read More

Olivier Nduhungirehe ntiyemeranya n’imisifurire ku mukino wa Rayon Sports na Mukura VS

Misitiri w’Ubabanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yabajije niba muri ruhago y’u Rwanda ari ho hantu haba umuvuduko kuruta I Burayi agaruka ku gitego cya Biramahire Abbedy yatsinze Mukura VS, bamwe bakagaragaza ko kurarira kutabonwe kubera umuvuduko yari afite. Kuri uyu wa Gatatu nibwo hakinwaga imikino yo kwishyura ya kimwe cya Kabiri cy’Igikombe…

Read More

Batanu barimo umunyarwanda birukanywe burundu muri Australia

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka rwo muri Australia rwatangaje ko rwamaze kwirukana abagabo bagera kuri batanu barimo umunyarwanda umwe ndetse n’abakongomani bane binjiye muri iki gihugu bihabanye n’amategeko y’iki gihugu . Uru rwego rwavuze ko aba bagabo uko ari batanu bamaze gusubizwa mu bihugu byabo nyuma yuko bafatiwe ku kirwa cya Saobai giherereye mu gace ka…

Read More

Rubavu : Umugabo yiyemereye ko yatemye umugore n’umwana we yasinze

Umugabo wo mu karere ka Rubavu akurikiranyweho icyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa umugore  n’umwana we w’imyaka 3 ku bushake akoresheje umuhoro.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwemeje ko bwaregeye Urukiko dosiye iregwamo umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa umugore  n’umwana we w’imyaka 3 ku bushake akoresheje umuhoro.  Icyaha akurikiranyweho yagikoze mu ijoro ryo…

Read More

Nyabihu : abarokotse jenoside barataka ikibazo cy’inzu bubakiwe zenda kuzabagwaho

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu karere ka Nyabihu barataka ikibazo cy’inzu n’imisarane bubakiwe byamaze gusaza ndetse bafite impungenge zuko bishobora kuzabagwaho niba ntagikozwe mu maguru mashya . Aba barokotse batangaza ibi ni abo mu mudugudu wa Nyagafumberi ,Umurenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu aho basaba inzego zibifite mu nshingano kwihutisha ibikorwa…

Read More

Umunyarwanda ufite inzozi zo kujya muri Amerika nashake asubize amerwe mu isaho!

Mu gihe umubare w’abashaka kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika baturutse mu Rwanda ndetse n’ibindi b’ihugu bya Africa ukomeje kwiyongera, iki gihugu gikomeje gushyiraho ingamba zo gukumira aba bose bashaka kwerekezayo cyane ko benshi muri bo baba badafite ibyangombwa byuzuye Kujya muri Lata Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, ku Banyarwanda byabaye nk’inzozi ku buryo benshi muri bo…

Read More

Abofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cya Misiri  rugamije kubafasha guhuza amasomo biga n’ibikorerwa mu kazi, aho basura hatandukanye.. Ni urugendoshuri rwitabiriwe n’abagera kuri 35 bakomoka mu bihugu 9 bitandukanye by’Afurika harimo n’u Rwanda, bakurikirana amasomo y’icyiciro cya 13, amara umwaka atangirwa mu…

Read More

Handball : Polisi y’u Rwanda yatangiye yitwara neza mu irushanwa rya EAPCCO

Ikipe ya Police Handball club   yatsinze umukino wayo wa mbere wayihuje na General Service Unit ya Polisi ya Keny mu irushanwa rihuza amakipe yo mu bihugu bihuriye mu muryango w’ubufatanye uhuza Abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni irushanwa  ryatangiye kuva ku itariki ya 27 Mata, rikaba ryaritabiriwe n’amakipe ya Polisi zo…

Read More